P Fla .Mc Tino,Fireman basusurukije abanyarusinzi mu gitaramo cyo kumurika alubumu ya Javanix

Mu mpera z’icyumweru gishize ku wa gatandatu tariki ya 11 Ukuboza 2021 nibwo umuhanzi yamuritse  alubumu  ye nshya mu gitaramo cyitabiriwe n’abahanzi bakomeye mu njyana  ya Hip  barimo  P Fla , Fireman ,Umuhanzikazi Nessa  na bandi benshi .

Iki gitaramo cyebereye  muri Rubavu  Motel cyari cyitabiriwe n’abantu benshi bakunda muzika nyarwanda  kabone ko hari hashize igihe  kingana  n’imyaka hafi ibiri  mu Karere  ka Rusizi nta gitaramo gikomeye kihabera  kubera icyorezo  cya Covi-19.

Ahagana I saa  kumi n’ebyiri z’umugoroba nibwo  iitaramo cya gitangiye aho bahanzi bose  uko bari batumiwe buri wese yanyuze ku rubyiniro  maze baha ibhishimo abakunzi ba Muzika  bo mu mujyi wa Rusizi karahava .

Mu kiganiro na Genesisbizz Javanix   wari wamutis alubumu ye ya  mbere yise “Virus “ yadutangarije  ko  igitaramo uko yari yaiteguye cyangeze neza  aho abahanzi  bose babashije gutaramira abari bakitabiriye  bakanyurwa  .

Tumubajije  icyatumye yita  Alubumu ye  ya mbere Virus yasubije ko  yahisemo kuyita   kuriya kubera ko  indirimbo hafi ya zose  ziriho zakozwe mu gihe  isi yari yugarijwe   n’icyorezo cy Covid-19  .

Iyi alubumu ya  Javanix yamuritse ku mugaragaro  iriho indirimbo 11  arizo Seriye ,Sepera ft bulldog, Nasinze Painkiller ft Khalifan Govinda ,Kore ft Nessa,Nkatira ft FaxRapper,Night love ft The same,Kopiya,Umuti ft Mukaddaff,Bitwayeiki,Diana.

Facebook Comments
Share Button

auto ads

Recommended For You

About the Author: Nsanzabera Jean Paul

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *