

Abahanga mubijyanye ni miterere y’umubiri wa muntu bagaragaza ko abantu benshi mu gitondo abantu benshi baba bafite ubushake bwinshi bwo gukora imibonano mpuzabitsina by’umwihariko abagabo kuko usanga benshi igitsina cyabo cyafashe umurego.
Muri aya masaha nubwo umubiri uba waruhutse, si na byiza guhita uwurushya cyane utera akabariro kuko uba ugiye kubyuka ukajya mu kazi, niyo mpamvu hari posiziyo nziza zagufasha kwirinda kwihwanyagura.
1.Gusobekeranya amaguru mwembi muryamye
Mugabo/Mugore, niba mukangutse mwembi mufite ubushake nta mpamvu yo kwivunisha cyangwa kwihwanyagura ngo mukoreshe imbaraga nyinshi ahubwo murapfumbatana bisanzwe nk’abantu biryamiye maze mugasobekeranya amaguru, umugabo agakora igikorwa bucece.
2.Guturuka inyuma umugore wawe
Guturuka inyuma,umugore yaba aryamye yubitse inda cyangwa apfukamye ku buriri ni uburyo abagabo bakunda cyane ariko bikaba akarusho iyo ari mu gitondo,abashakanye bagifite agashyuhe ko mu buriri.
3.Gufatira amaguru y’umugore ku bitugu byawe
Ubundi buryo bukoreshwa mu gitondo n’uburyo bwo kuzamura amaguru ku mugore akayashyira ku bitugu by’umugabo maze umugabo nawe akajya mu maguru neza y’umugore.
4.Kujya hejuru y’umugore aryamye agaramye
Umugore iyo aryamye agaramye umugore akamujya hejuru nabyo ngo ni uburyo bubanguka kandi bworohera abashakanye n’ubwo bamwe bavuga ko ari uburyo bushaje ariko mu mibonano mpuzabitsina nta buryo bushaje bubaho ahubwo abantu bagenda bavumbura ubundi buryo bakurikije bakurikije ibibaryohera.
5.Guterera akabariro muri douche
Guterera akabariro mu bwiyuhagiriro nabyo ntako bisa kuko abantu iyo barebana batambaye cyane cyane ku bagabo iyo bareba ubwambure bw’abagore babo,bibakururira ubushake bwo gukora imibonano.
Ibyo mwakora byose, cyane cyane umugabo niwe ubwirwa, kora ibishoboka byose ufashe umugore kugera ku ndunduro y’ibyishimo,urangize kandi nawe abashe kurangiza kuko bizamufasha kwirirwa neza, yumva umutwe we utaremereye. Ibikandi bizarinda umugire wawe umunabi ndetse nokuba yatekereza kujya mu bapfubuzi.
Wifuza kugisha inama watwandikira kuri email yacukigalihit@gmail.com