Reba Amafoto ya Rema yambaye ubusa, Eddy Kenzo arashinjwa kuba ariwe wayasohoye

Muri uganda kurubu inkuru ivugwa cyane muruhando rwa Muzika ni iyitandukana rya Rema na Eddy Kenzo bose bakaba ari abahanzi bibyamamare, Rema na Eddy kenzo uretse gukundana banabanye munzu ndetse barabyaranye, aho bafitanye umwana umwe w’umukobwa uri mukigero cy’imyaka itanu

Rema yakundanye na Eddy kenzo imyaka irenga 8 ndetse bakaba bafitanye umwana uri mukigero cyimyaka 5

mukwezi gushize rema yaratunguranye yerekana undi musore yihebeye ndetse anatangaza ko ariwe bagiye kurushinga, uyu musore Rema yihebeye akaba ari umuganga(Dr) warusanzwe akurikirana ubuzima bwe bwa buri munsi, akimara gutangaza ibyurukundo rwe ntabwo byashimishije Eddy Kenzo bahoze babana ndetse babyaranye

Rema nuwo yasimbuje Eddy Kenzo


Rema umwe mubahanzikazi bakunzwe Uganda

muminsi ishize nibwo Eddy Kenzo yatangazaga ko agiye kwiyambaza urukiko avuga ko uyu mu Dr yitwaje akazi akora kubuvuzi maze akamusenyera urugo.

Ifoto ya Rema yambaye ubusa

nguwo rema

ejo kumbuga nkoranyambaga za Uganda hiriwe hacaracara amafoto ya Rema yambaye ubusa maze abantu benshi bakomeza gutanga Ibitekerezo bavuga ko ari Eddy Kenzo waba wasohoye ayo mafoto kubera Umujinya no kuba atariyakira kubwo gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kirekire

Facebook Comments
Share Button

auto ads

Recommended For You

About the Author: kalisa john

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *