
Muri uganda kurubu inkuru ivugwa cyane muruhando rwa Muzika ni iyitandukana rya Rema na Eddy Kenzo bose bakaba ari abahanzi bibyamamare, Rema na Eddy kenzo uretse gukundana banabanye munzu ndetse barabyaranye, aho bafitanye umwana umwe w’umukobwa uri mukigero cy’imyaka itanu

mukwezi gushize rema yaratunguranye yerekana undi musore yihebeye ndetse anatangaza ko ariwe bagiye kurushinga, uyu musore Rema yihebeye akaba ari umuganga(Dr) warusanzwe akurikirana ubuzima bwe bwa buri munsi, akimara gutangaza ibyurukundo rwe ntabwo byashimishije Eddy Kenzo bahoze babana ndetse babyaranye


muminsi ishize nibwo Eddy Kenzo yatangazaga ko agiye kwiyambaza urukiko avuga ko uyu mu Dr yitwaje akazi akora kubuvuzi maze akamusenyera urugo.



ejo kumbuga nkoranyambaga za Uganda hiriwe hacaracara amafoto ya Rema yambaye ubusa maze abantu benshi bakomeza gutanga Ibitekerezo bavuga ko ari Eddy Kenzo waba wasohoye ayo mafoto kubera Umujinya no kuba atariyakira kubwo gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kirekire