
Byari uburyohe kuri uyu wa kane mukabyiniro kazwi ku izina rya Le Must gaherereye i kigali aho Marina na Safi Madiba basusurukije abari bagasohokeyemo.
si bo gusa kuko banyuzagamo bakazana bamwe mubahanzi bagiye bakorana zimwe mu indirimbo bakaziririmbana,aho Marina yazanye Khalifan naho Safi Madiba akaba yazanye Queen Chan, Riderman na Big Fizzo
Dj Phil peter na Bad Ram manager wa The mane
Safi Madiba yari yishimiwe cyane n’inkumi
[the_ad id=”258″]
Mbere yuko ajya kurubyiniro Marina yabanje guhabwa ubutumwa na Manager we Bad Rama
KANDA HANO UREBE UKO MARINA YASHIMISHIJE ABAKUNZI BE MURI LE MUST
KANDA HANO UREBE SAFI MADIBA NA RIDERMAN NA QUEEN CHA
420 total views, 1 views today
Facebook Comments