Tanasha arasaba abakunzi be kwirinda amagambo ari umuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga

Mu minsi ishize nibwo  mu binyamakuru byo  mu karere  handitswe  inkuru nyinshi  zivuga kwitandukana ry’ibyamamare bibiri  Diamond  Platnumz n’umukunzi we  umunyamakurukazi  ukomeye muri Kenya Tanasha Donna  banabyaranye  umwana w’umuhungu .

Nyuma y’ibyo byose  ku mbuga nkoranyambaga hagiye hacaho amakuru menshi  avuga ku rukundo  rw’aba bombi ariko  inkuru yaje  gutuma uyu  mukobwa afata umwanya wo kujya ku mbuga nkoranyambaga  agasobanurwa byinshi n’inkuru ivuga ku mpano y’Imodoka  tanasha yari aherutse guhabwa na Diamond Platnumze  yakomeje kuvugwa ko uyu  mukobwa iyo modoka yo mu bwoko bwa  Land cruiser yaba atari iye ahubwo yari impano ya mama Sa  Diamond .

Uyu mukobwa  anyuze ku rubuga rwe  rwa Instagram yagize  ati  ntimukwiye  guha agaciro ibi kumvugwaho byose  kuko nta kintu  gishobora  kuba y’ukuri kuruta ibihuha.

Ibi  Tanasha Donna  yabivuze  nyuma yahoo  umwe  mu nshuti za diamond uzwi nka yamwifatiye ku mutwe akajya ku  mbuga nkoranyambaga  maze agatanagza ko uyu  mukobwa imodoka yari aherutse guhabwa n’umukunzi we atari iyie ahubwo yari yanditse  kuri mama wa diamond nkuko iteka ariko umuhungu we abigenza ku mitungo ye  myinshi  afite muri icyo  gihugu  ko  na Tanasha nta kintu yari atunze hariya  muri Tanzaniya .

Ubwo uwo musore  yamaraga kwamdika  ibyo bamwe mu bamukurkira ku rubuga rwe  mu bitekerezo bamubajije niba  koko  iyo modoka  yaba itarigeze ijya mu maboko ya  Tanasha  undi yamusubije ko  itigeze na rimwe  iba ye kuko Diamond na we nta gahunda yari afite yo kugurisha imashini ye iremereye kuko atari umwe wo kwambura ikintu icyo ari cyo cyose atunze uko wiboneye ,kandi imodoka ze nyinshi ngo ni iza nyina. Muri Gashyantare, Tanasha yasohotse mu rugo rw’uyu muhanzikazi nyuma y’ibihuha byavugaga ko bombi bagiranye ikibazo i Nairobi.

Byizerwaga ko we n’uwahoze ari umukunzi we batigeze babonana imbonankubone nyuma yo kumurika alubumu ye yabereye mu mujyi wa Nairobi. Muri kiriya gihe, ibihuha bivuga ko Diamond yari yibereye hamwe n;undi mugore utaravuzwe izina mu gihe Tanasha we yari ahugiye mu kumurika alubumu ye. Urwitwazo rwe rwo kutitabira ibirori ni uko ngo yagize impamvu yihutirwa yatumye asubira imuhira mu rugo kandi byabaye ngombwa ko ahita ayitabira.

Bukeye bwaho, byagaragaye ko gahunda yihutirwa yagize mu rugo yari ifunguro ry’umuryango ryakozwe mu rwego rwo kwizihiza isabukuru ya mushiki wa Diamond Esma Platnumz.

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *