Teta Sandra yatangiye kwishimirwa nabo mu muryango wa weasel.

Teta Sandra ni umukobwa  yamenyekanye cyane mu Rwanda mu mwaka wa 2012 ubwo yabaga igisonga cya Kabiri cya Kaminuza ya SFB ndetse no muri 2014 . uyu mukobwa wagiye avugwa mu nkundo nyinshi n’ibyamamare kuri ubu ari mu munyenga wo kuba yatangiye gukundwa nabo mu muryango w’umukunzi we mushya  Weasel wo mw’itsinda rya Goodlyfe

Mu mezi make ashize  hano mu Rwanda ndetse no muri Uganda hakomeje kugenda havugwa inkuru zuko uyu mukobwa yaba ari mu rukundo na Weasela nubwo yagiye ashaka kubicisha nku ruhande  abihakana nubwo yaje kubyemerera itangazamakuru ubwo aheruka mu Rwanda .

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo muri Uganda umuhanzi w’icyamamare Joseph Mayanja uziw nka Chameleone yizihizaga isabukuru  y’imyaka 40 avutse ndetse n’iyi myaka 20 amaze mu muzika ibiroro byagiye bibera ahantu  henshi hakomeye mu mugi wa Kampala harimo naho  uyu Teta Sandra akora hazwi nka Hideout ,aho uyu muobwa yaje kugaragara ku mafoto yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram ari gukatana Umutsima na Jose Chameleon ndetse n’umuvandimwe we Pallasso  biherekejwe n’ amagambo amwifuriza Isabukuru nziza.

Benshi mubakurikiranira hafi imyidagaduro mu Rwanda ndetse no muri Uganda  bahise batangira kubona ko uyu mukobwa urukundo rwe na Weasel rugeze aharyoshye bamwe ntibanahwemye kugaragaza ko uyu mukobwa ashobora kwiyongera kubakobwa  bagiye babyarana n’uyu muhanzi uziwho kuba afite abana benshi.

Loading

Facebook Comments
Share Button

Subscribe now

k

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *