Ubuhamya : Umugore wanjye anyangira ko dutera akabariro

Umugabo watwandikiye agisha inama avuga ko afite ikibazo kimuremereye kuko umugore we amwangira ko batera akabariro ku buryo hari n’igihe bamara amezi atandatu yaramuhakaniye.

Uyu mugabo avuga ko kuva yabana n’uyu mugore ahora agahinda ku mutima.

Yagize ati : “Ndabaramukije naanje nashaka mungire inama kuko narengewe. Ndubatse maranye igihe n’umukenyezi ariko mu bijyanye n’amabanga mpuzabitsina, kuva tubwana mporana agahinda (umubabaro)kuko ntagihe gihera anyemerera ko turangura dutera akabariro kuburyo hari n’igihe bifata amezi atandatu. Simbabeshya umubabaro ni wose.

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *