
Mu gihugu cy’ubwongereza hakomeje kuvugwa udushya twinshi , mu mpera z’icyumweru gishize nibwoa abagenzi bagenda mu muhanda bafotoye umugabo waterereraga akabariro igipupe ku muhanda .
Ababonye uwo mugabo ari gusambanyiriza icyo gipupe ku muhanda bakubiswe n’inkuba bahitamo kwitabaza Inzego zishinzwe umutekano
Gusa nyuma yahoo ababonye uwo mugabo ari gukora ayo mahano bavuze ko byabereye ku muhanda ujya mu mujyi wa Northampton .
Ubwo polisi yageraga aho uwo mugabo yafotorewe ngo imute muri yombi imubaze icyamuteye gukorera icyo gikorwa cy’urukozasoni ku muhanda aho abantu bose bamubona basaze yamaze kuhava kuko yikanze ko yatabwa muri yombi .