
Umugabo ukomoka mu gihugu cya kenya mu mpera zicyumweru dusoje yafashwe n’abaturage ubwo yarari mugikorwa kigayitse cyo gukorana imibonano mpuzabitsina n’inka mu gace kitwa Bahati.

Mwaura John w’imyaka 29 yafashwe ari muri iki gikorwa n’inka y’umuturanyi we, abaturage bakibibona bakaba baramusanze n’uburakari bwinshi bitwaje amabuye, inkoni ndetse abandi bamukubita ibipfunsi nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Tuko gikorera muri kenya.
Akikijwe n’imbaga y’abaturage bo muri ako gace, uyu mugabo yatangaje ko atarubwambere aryamanye n’inka kuko iyi yari inka ya gatanu bakoranye imibonano mpuzabitsina.
Igitangaje nuko uyu mugabo yisobanura kuri iki gikorwa cyo kuryamana n’inka, uyu mugabo yavuze ko ibi byose abikora kubwo kurinda ubuzima bwe kuko ngo aryamanye n’abakobwa bashobora kumwanduza agakoko gatera SIDA.
Mbere yuko abaturage bamugirira nabi kubera uburakari, police yahise ihasesekara ajyanwa ahakorera police mu gace ka Wanyororo aho ategereje guhatwa ibibazo.
src: tuko