
Ku mugoroba wo ku wa gatandatu tariki ya 22 ni bwo Anne umufasha w’umunyamakuru sengabo Bosco uzwi nka Fatakumavuta yakorerwaga ibirori byo kwitegura umwana agiye kwibaruka, ibirori bizwi nka ‘Baby shower’ bikorerwa umubyeyi wenda kwibaruka umwana aho baba bamwifuriza kwibaruka neza.
Ibi birori byari byitabiriwe n’inshuti ze za hafi ndetse ku mugoroba haje kuza bamwe mu bahanzi b’inshuti za za Bosqizo ndetse n’abanyamakuru barasangira baranaganira karahava.
Izi nshuti za hafi za Anne zamwifurije kwibaruka neza baha ikaze umwana mu gihe biteganyijwe ko bazibaruka mu minsi ya Vuba cyane nyuma baboneyeho no kumushyikirza impano ninshi bari bamugeneye.
Mu kiganiro na Bosqizo umufasha wa Anne we yadutangarije ko yishimiye cyane umwna we anaboneraho kudutangariza ko amwe mu mazina umwna we azab afite harimo izina Fata ijambo akunda cyane .
Reba uko byari byifashe mu mafoto
NSANZABERA JEAN PAUL
www.kigalihit.rw
341 total views, 1 views today