
Mu minsi mike ishize mu gihugu cya Nigeria umugore wubatse yafatiwe mu buriri hamwe n’undi umugabo bari gusambanira mu nzu yashakiyemo
Ubwo uwo uwo mugore yafatwaga umwe mu bagize umuryango yafashe videwo yerekana mu gihe uyu mugabo yari ahanganye na bamwe mu bantu bari bahari.
Umugore wari wambaye igitambaro cyo kwihanaguza yavuze we atifuza kugumana n’umugabo ko ashaka kuguma ari wenyine
Hagati aho, uyu mugore wavuzwe yasohotse ashize amanga kugirango asangire uruhande rwe rw’inkuru.
Ku bwe, ntabwo yashakanye n’umugabo we mu buryo bwemewe n’amategeko, benshi bakeka ko ari umugabo we kandi ko yamutaye nyuma yo kugera muri Amerika aho ubu yashakanye byemewe n’amategeko.