Umugore yafashwe asambana n’umugabo utari uwe ahitamo kuvuga impamvu yabikoze

Mu minsi mike ishize mu gihugu cya Nigeria   umugore wubatse yafatiwe mu buriri hamwe n’undi  umugabo bari gusambanira mu nzu  yashakiyemo

Ubwo uwo  uwo mugore  yafatwaga  umwe mu bagize umuryango yafashe videwo yerekana  mu gihe uyu mugabo yari ahanganye na bamwe mu bantu bari bahari.

Umugore wari wambaye igitambaro cyo kwihanaguza yavuze we atifuza kugumana n’umugabo  ko ashaka kuguma ari wenyine

Hagati aho, uyu mugore wavuzwe yasohotse ashize amanga kugirango asangire uruhande rwe rw’inkuru.

Ku bwe, ntabwo yashakanye n’umugabo we  mu buryo bwemewe n’amategeko, benshi bakeka ko ari umugabo we kandi ko yamutaye nyuma yo kugera muri Amerika aho ubu yashakanye byemewe n’amategeko.

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *