Umukinnyi Sarpong yandagajwe n’Umuslayqueen witwa Ange Lace Strawberry

Muri iyi Minsi umukinnyi Sarpong akomeje kuvugwa mu nkundo za hato  na hato na bamwe mu bakobwa  bazwi hano mu Rwanda  ,Nkuko mwagiye mubisoma  mu nkuru zacu zahise aho byabanje kuvugwa ko ari mu rukundo n’Umuhanzikazi  Asinah Erra ariko ubu uyu musore yibasiwe  n’Umukobwa uzwei nka Ange Lace  uzwi nak Strawberry .

Uyu mukobwa Strawberry ni umwe mu bakobwa bakomeje   kuvugwa cyane  ku mbuga nkoranyambaga  kubera amafoto yambaye ubusa akund agushyiraho ndetse akanavugisha benshi  cyane .

Muri iyi minsi uyu  mukobwa abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagaram yakomeje kugenda agaragaza agahinda yatewe n’Umukinnyi wa Rayon Sport Michael Sarpong wamubeshye Urukundo akaza gusanga yaramubeshyaga cyane kuko amaze igihe  atendeka abakobwa benshi .

Ku munsi w’ejo  uyu mukobwa  yanditse amagambo y’icyongereza tugerageje kuyashyira mu kinyarwanda yagize ati”Niba ndi ikigoryi wowe uri umuhanga Sarpong we, tekereza kabiri ureke iyo myanda y’ubugoryi urimo, umunsi umwe uzahura n’umukobwa uzaguca igitsina.”

Yakomeje agira “ati”uri ikigoryi ku isi yose, jya mu ndaya zawe nje si ndi indaya, ikigorye cyambeshye ko ari njye gikunda ariko kibeshya n’abandi, ubwambure bwawe burajya hanze..”

Loading

Facebook Comments
Share Button

Subscribe now

k

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *