Umukobwa yigambye kuryamana na se w’umukunzi we nko kwihorera.

Kenshi na kenshi, twumva abakobwa basetsa, bigamba “kuryamana na papa w’uwahoze ari umukunzi” wabo nyuma yo kubabazwa umutima, bemeza ko babifata nko kwihorera.

Kuri iyi nshuro si amagambo gusa, kuko videwo iri gukwirakwizwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga yerekana umukobwa wo muri Nigeria yirata kuryamana na se w’uwahoze ari umukunzi we.

Uyu mukobwa yahisemo guhita ajya hanze kugirango yihorere k’umukunzi we wamuciye inyuma, aryamana na se maze arangije arabyigamba.

Yatangaje ko uburyo yaryamanye na se w’umukunzi byari nk’uburyo bwe bwiza bwo kugera kuri icyo gikorwa cyo kwihorera kubera gucibwa inyuma.

Yerekanye igice cy’inzu yari arimo kugira ngo agaragaze neza ko rwose ari mu rugo rwa se w’umukunzi wamuciye inyuma.

Yatangaje izina ry’uwahoze ari umukunzi we avuga ko ari John, maze avuga ko icyo yakoze kwari ukumwigisha isomo ryo gutekereza ko atashobora kuviramo aho ku buntu nyuma y’ibyo yamukoreye.

Muri iyo videwo, uyu mukobwa yumvikana avuga; “John, John, ndi mu nzu ya papa wawe ubungubu, f ** k … wambabarije umutima, ukeka ko wagenda ukidegembya gutyo…”

Kanda hano urebe iyo Video

Facebook Comments
Share Button

auto ads

Recommended For You

About the Author: kalisa john

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *