
Umugore wubatse yatunguranye muma sasaba zamanywa asambana n’umuyobozi wa banki uyu mugabo yari avuye kukazi mumasaha y’akaruhuko ka sasita avuga ko agiye kurya
mugihe bari bari mucyumba cya Lodge bamenye ko byamenyekanye ndetse ko umugabo w’uyumugore nawe ari hanze,bakozwe n’ikibwaro batangira kwihisha
Umugabo wuyu mugore akihagera yirinze kugira uburakari bukabije kugirango butamukoresha amakosa maze ahitamo kubakingirana maze atabaza police nabamwe mubakozi bakora muri banki uyu mugabo abereye umuyobozi maze baraza babahata urwamenyo nyuma Police ikora akazi kayo

Facebook Comments