Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane

Abantu benshi mu buzima bwa buri munsi, cyane cyane abashakanye, bagira ibyo bumva kimwe n’ibyo batemeranywa na gato, hakaba kandi n’ubwo umwe yifuza kugerageza undi cyangwa kumuhima nyuma akabihomberamo. Iyi ni inkuru... Read more »

Ubuhinde: Abana b’abakobwa bambaye ubusa buri buri bajya mu muhanda basaba imvura

Abakobwa bakiri bato mu Gihugu cy’u Buhinde bambuwe imyenda yabo bakoreshwa urugendo bambaye ubusa. Ni kimwe mu bigize imihango yo gusaba imvura mu karere kamwe ko muri iki gihugu. Ibi nkuko BBC... Read more »

Abashakanye : Dore ibintu ukwiye kwirinda gukora mbere yuko mutera akabariro

Abantu benshi ntibabyitaho ariko birakwiye ko ubyitaho. Hagati y’umugabo n’umugore akenshi igikorwa cyo gutera akabariro gifatwa nkimwe mu nzira nziza yo kwita ku mugabo. Dore ibintu ukwiye kwirinda gukora mbere yuko mutera... Read more »

Zari Hassan yakoze ubukwe na Shakib arusha imyaka 11 (Amafoto)

Umuherwekazi w’umugande uba muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan yamaze gukora ubukwe n’umukunzi we Shakib Lutaaya bari barahanye isezerano imbere y’Idini ya Islam. Ni ubukwe bwabaye tariki ya 3 Ukwakira 2023 bubera mu... Read more »

Impamvu Mukansanga Salima ari mu basifuzi 5 bakuwe muzasifura igikombe cy”afurika

Umunyarwandakazi Mukansanga Salima ari mu basifuzi 5 bakuwe muri 32 n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) bagomba kuzasifura igikombe cy’Afurika. Mukansanga Salima wasifuye igikombe cy’Isi cy’abagabo ndetse n’Igikombe cy’Isi cy’Abagore yari mu... Read more »

Mu gihe mu Rwanda hashize iminsi micye amasaha y’utubyiniro n’utubari agabanyijwe, hagiye gutangira akabyiniro k’abarokore kiswe ‘Gospel Club’ aho bazajya bahurira bagasabana bakabyina bigashyira cyera.

Mu gihe mu Rwanda hashize iminsi micye amasaha y’utubyiniro n’utubari agabanyijwe, hagiye gutangira akabyiniro k’abarokore kiswe ‘Gospel Club’ aho bazajya bahurira bagasabana bakabyina bigashyira cyera. Ubusanzwe ucyumva ijambo akabyiniro wumva ‘Night Club’... Read more »

Rutahizamu wa Man United yabyaye imfura ye ku myaka 19 amwitirira uwo bakinana

Umukinnyi wa Manchester United,Alejandro Garnacho yishimiye ivuka ry’umwana we w’imfura yabyaranye n’umukunzi we Eva Garcia. Uyu rutahizamu ufite imyaka 19, yemeje aya makuru ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ko umuhungu we Enzo Garnacho... Read more »

Ubu watereta rwose ntakibazo: Irebere uburanga bwa Leila Frojo umukobwa wa Natacha na Nziza Desire wujuje imyaka 18 uyumunsi

Irebere uburanga bwa Leila Frojo umukobwa wabyawe n’ibyamamare , Nziza Désire na Natacha, uyumunsi yujuje imyaka 18 Umukobwa w’umuhanzikazi wi Burundi Natacha Ngendabanka uyumunsi yujuje imyaka 18, uyu mukobwa ubarizwa k’umugabane wi... Read more »

Menya ukuri kw’amashusho y’uwiswe Umupasiteri wagaragaye yagaza Intare yigana ibitangaza byo muri Bibiliya

Amashusho y’umugabo byavugwaga ko ari umukozi w’Imana, wagaragaje imbaraga z’Uhoraho ubwo yari mu ruzitiro rw’intare azagaza, nk’uko Daniel wo muri Bibiliya yaguye mu rwobo rw’intare ariko ntihagira inamutunga ijanja. Ukuri kw’aya mashusho... Read more »

Ruhango: Abapolisi babiri baguye mu mpanuka

Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, iratangaza ko abapolisi babiri bari kuri moto bava mu Karere ka Muhanga berekeza mu Karere Ruhango, baguye mu mpanuka ya moto yagonze ikamyo yapfiriye mu muhanda. Ni impanuka... Read more »