
Abantu benshi mu buzima bwa buri munsi, cyane cyane abashakanye, bagira ibyo bumva kimwe n’ibyo batemeranywa na gato, hakaba kandi n’ubwo umwe yifuza kugerageza undi cyangwa kumuhima nyuma akabihomberamo. Iyi ni inkuru... Read more »

Abakobwa bakiri bato mu Gihugu cy’u Buhinde bambuwe imyenda yabo bakoreshwa urugendo bambaye ubusa. Ni kimwe mu bigize imihango yo gusaba imvura mu karere kamwe ko muri iki gihugu. Ibi nkuko BBC... Read more »

Abantu benshi ntibabyitaho ariko birakwiye ko ubyitaho. Hagati y’umugabo n’umugore akenshi igikorwa cyo gutera akabariro gifatwa nkimwe mu nzira nziza yo kwita ku mugabo. Dore ibintu ukwiye kwirinda gukora mbere yuko mutera... Read more »

Umuherwekazi w’umugande uba muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan yamaze gukora ubukwe n’umukunzi we Shakib Lutaaya bari barahanye isezerano imbere y’Idini ya Islam. Ni ubukwe bwabaye tariki ya 3 Ukwakira 2023 bubera mu... Read more »

Umunyarwandakazi Mukansanga Salima ari mu basifuzi 5 bakuwe muri 32 n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) bagomba kuzasifura igikombe cy’Afurika. Mukansanga Salima wasifuye igikombe cy’Isi cy’abagabo ndetse n’Igikombe cy’Isi cy’Abagore yari mu... Read more »

Mu gihe mu Rwanda hashize iminsi micye amasaha y’utubyiniro n’utubari agabanyijwe, hagiye gutangira akabyiniro k’abarokore kiswe ‘Gospel Club’ aho bazajya bahurira bagasabana bakabyina bigashyira cyera. Ubusanzwe ucyumva ijambo akabyiniro wumva ‘Night Club’... Read more »

Umukinnyi wa Manchester United,Alejandro Garnacho yishimiye ivuka ry’umwana we w’imfura yabyaranye n’umukunzi we Eva Garcia. Uyu rutahizamu ufite imyaka 19, yemeje aya makuru ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ko umuhungu we Enzo Garnacho... Read more »

Irebere uburanga bwa Leila Frojo umukobwa wabyawe n’ibyamamare , Nziza Désire na Natacha, uyumunsi yujuje imyaka 18 Umukobwa w’umuhanzikazi wi Burundi Natacha Ngendabanka uyumunsi yujuje imyaka 18, uyu mukobwa ubarizwa k’umugabane wi... Read more »

Amashusho y’umugabo byavugwaga ko ari umukozi w’Imana, wagaragaje imbaraga z’Uhoraho ubwo yari mu ruzitiro rw’intare azagaza, nk’uko Daniel wo muri Bibiliya yaguye mu rwobo rw’intare ariko ntihagira inamutunga ijanja. Ukuri kw’aya mashusho... Read more »

Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, iratangaza ko abapolisi babiri bari kuri moto bava mu Karere ka Muhanga berekeza mu Karere Ruhango, baguye mu mpanuka ya moto yagonze ikamyo yapfiriye mu muhanda. Ni impanuka... Read more »