
Mu gihugu cya Nigeria umusore n’umukobwa bafashwe amashusho barimo gusambanira mu ishuri mu gihe cyagenewe amasomo. Mu igihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’abanyeshuri babiri bataratangazwa amazina yabo bafatiwe mu igikorwa cy’ ubusambanyi... Read more »

Atlético de Madrid yabaye ikipe ya mbere yo muri Espagne, yasinye amasezerano yo kuzageza mu 2028, yo kwamamaza Visit Rwanda, isanga andi arimo Arsenal, Bayern Munich na PSG. Iyi kipe imaze kwegukana... Read more »

Butera Knowless ni umwe mu bahanzi b’intangarugero mu mateka ya muzika nyarwanda, impano ye, umuziki we ndetse n’urwego rwo kwamamara kwe biri ku rwego rw’indashyikirwa. Gusa uyu muhanzikazi unyura benshi binyuze mu... Read more »

Burya ngo nta mwuga udakiza! Hambere aha natemberaga mu Mujyi wa Kigali, umwe mu yifite isuku ku Isi, nkubitana n’umusore w’imyaka 34 ambwira ko atunzwe no ’gutsirita’ abakiliya baba bagiye muri Sauna-Massage... Read more »

Bijya bibaho ugasanga agace runaka kihariye impano nyinshi mu bintu runaka : Siporo,umuziki,ubukorikori,n’ibindi byinshi. ni ibisanzwe ko muri HipHop buri gace kaba gafite abaraperi bakomeye bahaboneye izuba cyangwa se bahamenyekaniye. Muri iyi... Read more »

Kuri uyu wa 29 Mata, ingabo za SADC zatsinzwe ku rugamba zari zifatanyije na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihanganyemo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 zacyuye ibikoresho byazo zibinyujije mu Rwanda. Ibi bikoresho... Read more »

Ikigo cya Ozone Entertainmemt cyamenyekaye mu bikorwa byo bitandukanye mu bijyanye n’imyidagaduro harimo gufasha abahanzi , gukora amafoto n’amashusho nko gukora filime , gutegura ibitaramo n’ibindi byinshi bijyanye n’imyidagaduro muri rusange .... Read more »

Kuri wa Mbere, tariki ya 21 Mata 2025, Abakirisitu Gatolika n’Isi yose bari mu gahinda nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Papa Francis, wapfiriye mu rugo rwe i Vatikani afite imyaka 88. Nk’uko... Read more »

FC Barcelone yatsinzwe na Borussia Dortmund ibitego 3-1 ikomeza muri ½ cya UEFA Champions League ku giteranyo cy’ibitego 5-3, ijyana na Paris Saint-Germain yatsinzwe na Aston Villa ibitego 3-2, gusa igakomeza ku... Read more »

Umuhanzi w’umunyabigwi Joseph Mayanja wamenyekanye nka Dr Jose Chameleon mu muziki wa Uganda ndetse no muri Afurika y’uburasizura yongeye guhabwa ikaze n’abakunzi be ndetse bamugaragariza ko bari bamukumbuye cyane. Uyu muhanzi wubatse ibigwi... Read more »