Nyuma na nyuma WhatsApp yashyizeho uburyo bushya bwo guhindura ubutumwa bwoherejwe, {Sent message} Dore uko wabikora

WhatsApp yatangije uburyo bushya bwo guhindura ubutumwa woherereje umuntu utabishaka ukabasha kubukosora {Sent Message} mu minota 15 bwoherejwe. Ubu buryo bushya buzajya bufasaha umuntu wese gukosora ubutumwa yanditse kuri Whatsap guhera ku... Read more »

Gasopo ku bakorera ibyaha ku mbuga nkoranyambaga, Kuko atazigera yihanganirwa “RIB”

Dr Murangira Thierry, Umuvugizi wa RIB, yibukije abaturarwanda byumwihariko abakoresha cyane imbuga nkoranyambaga ko urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rutazigera rwihanganira ibyaha bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga bigakorwa n’abantu harimo n’abitwaje umurimo bakora. Ibi... Read more »

Ukuboko kwa MTN Rwanda mu rugamba rwo Kwibohora, kwayihaye uburenganzira bwo gukora serivisi zayo mu Rwanda.

Perezida Paul KAGAME, yavuze kucyo byasabye kugirango hafatwe icyemezo cyo kwemerera sosiyete ya MTN yo muri Afurika y’Epfo gukorera Serivisi zayo mu Rwanda. Ibi Perezida Kagame yabivuze ku mugoroba wo kuri uyu... Read more »

X yahoze ari twitter yatangije gahunda yo kwishyuza abayikoresha bashya mu bihugu 2 byo muri Asia.

Urubuga rwa ‘X’, rwahoze rwitwa Twitter, rwatangaje ko abantu bashya barukoresha muri Nouvelle-Zélande na Philippines bazajya bishyura idorari 1 ku mwaka mu kohereza ubutumwa kuri uru rubuga. Bishatse kuvuga ko mu gihe... Read more »

Perezida Kagame, yaganiriye n’itsinda rya LG Corporation riyobowe Kwang Mo Koo ku ikoranabuhanga.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahuye n’itsinda rya LG Corporation riyobowe n’umuyobozi mukuru Kwang Mo Koo baganira ku bibazo bimwe na bimwe by’ubucuruzi bishingiye ku ikoranabuhanga. Iyi nama yabaye ku... Read more »