ZACU TV, shene ya CANAL+ inyuraho seri na filime nyarwanda, yamuritse imishinga mishya inyuranye yo muri 2025, harimo na filime ya Muzika izagaragaramo umuhanzi Juno Kizigenza uri mu bakunzwe muri iyi minsi.... Read more »
Birumvikana nk’intambwe idasanzwe! Kuko mu myaka ishize byasabaga amezi atandatu kugirango ku rubuga Irembo hongerwemo serivisi nshya abaturage bakeneye, ariko kuri iyi nshuro bisaba iminsi, kandi hanatangiye ubukangurambaga bugamije gusaba buri wese... Read more »
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umugabo witwa Jesse Kipf wahimbye urupfu rwe kugira ngo adakomeza kwishyura indezo y’umwana we w’umukobwa, yamaze gukatirwa igifungo cy’imyaka 6 muri gereza. Jesse Kipt wo mu... Read more »
Gutera akabariro mu gitondo ku bantu bashakanye ni byiza cyane nk’uko byemejwe n’ubushakashatsi bwakorewe ahantu hatandukanye harimo na Kaminuza ya Harvard. Abantu benshi barahuga, yewe bamwe bakanakererwa akazi k’umunsi kubera icyayi cya... Read more »
Uruganda rwa Cinema ni igisata kigize ikmyidagaduro yo mu Rwanda ndetse akaba ari uruganda rugwije abakobwa benshi b’uburanga cyane dore ko n’umubare munini w’abasore ubyemeza. Kimwe n’ibindi bihugu byahoze kandi bikiri mu... Read more »
Umuhanzi Nemeye Platini usigaye yiyita Baba wahoze mu itsinda rya Dream boys mu gihe hasigaye iminsi mike ngo igitaramo cye yise “Baba Experience kibe yatunguye abakunzi ba muzkia benshi atangaza ko mu... Read more »
Umuraperi P.Diddy arashinjwa guhohotera Lil Rod wamukoreraga akanamwandikira indirimbo. Rodney Jones uzwi nka Lil Rod mu muziki wa Amerika, ashinja P.Diddy kumuhohotera, mu bihe bitandukanye, yifuza kumusambanya no kumukoresha ibiteye isoni. Uyu... Read more »
Inzu isanzwe ikora ibikorwa bijyanye n’imyidagaduro ya DopeDee Entertainment y’Umunyamakuru akaba n’umudj Diddyman nyuma y’igihe akora ibyo bikorwa yasinyishije umuhanzi kazi Annie Mutoniwase . Annie Mutoniwase ni umunyarwandakazi uririmba indirimbo zo kuramya... Read more »
Igisirikare cya Leta ya RDC aricyo FARDC gifatanyije na FDLR,Abacancuro,Ingabo z’u Burundi na Wazalendo,biravgwa ko basutse intwaro zikomeye i Goma kugira ngo bayirinde gufatwa na M23. Amakuru yagiye hanze kuri uyu wa... Read more »
Nyuma y’igihe asa n’utagaragara cyane mu muziki, Niyo Bosco, yinjiye muri KIKAC Music isanzwe ibarizwamo Bwiza. Amakuru Kigalihit ifite ni uko Niyo Bosco na KIKAC Music bamaze kwemeranya imikoranire ndetse akaba yamaze... Read more »