Ku bufatanye na Zacu TV umuhanzi Juno Kizigenza yinjiye mu gukina Filime

ZACU TV, shene ya CANAL+ inyuraho seri na filime nyarwanda, yamuritse imishinga mishya inyuranye yo muri 2025, harimo na filime ya Muzika izagaragaramo umuhanzi Juno Kizigenza uri mu bakunzwe muri iyi minsi.... Read more »

Nyuma y’imyaka 10 ubunararibonye bafite barashaka kubwifashisha mu gufasha ibindi bihugu byo mu mahanga

Birumvikana nk’intambwe idasanzwe! Kuko mu myaka ishize byasabaga amezi atandatu kugirango ku rubuga Irembo hongerwemo serivisi nshya abaturage bakeneye, ariko kuri iyi nshuro bisaba iminsi, kandi hanatangiye ubukangurambaga bugamije gusaba buri wese... Read more »

Umugabo yahanwe bikomeye, Nyuma yo kwishyira muri sisiteme y’abapfuye ahunga indezo.

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umugabo witwa Jesse Kipf wahimbye urupfu rwe kugira ngo adakomeza kwishyura indezo y’umwana we w’umukobwa, yamaze gukatirwa igifungo cy’imyaka 6 muri gereza. Jesse Kipt wo mu... Read more »

Ntiwari ubizi, Ariko bimenye, Akabariro gatewe mu gitondo cy’umuseso gafasha iki?

Gutera akabariro mu gitondo ku bantu bashakanye ni byiza cyane nk’uko byemejwe n’ubushakashatsi bwakorewe ahantu hatandukanye harimo na Kaminuza ya Harvard. Abantu benshi barahuga, yewe bamwe bakanakererwa akazi k’umunsi kubera icyayi cya... Read more »

Mu mafoto: Reba Abakobwa 10 beza kurusha abandi muri Cinema Nyarwanda, buri mugabo wese yifuza kuryamana nabo.

Uruganda rwa Cinema ni igisata kigize ikmyidagaduro yo mu Rwanda ndetse akaba ari uruganda rugwije abakobwa benshi b’uburanga cyane dore ko n’umubare munini w’abasore ubyemeza. Kimwe n’ibindi bihugu byahoze kandi bikiri mu... Read more »

Platini yatumiye Urban Boys mu gitaramo cya Baba Experience

Umuhanzi  Nemeye Platini  usigaye yiyita Baba  wahoze mu itsinda rya  Dream boys mu gihe hasigaye iminsi mike ngo igitaramo cye yise “Baba  Experience kibe yatunguye abakunzi ba muzkia benshi atangaza ko mu... Read more »

Lil Rod wahoze akorera P Diddy yiyongereye mu bamushinja ihohotera

Umuraperi P.Diddy arashinjwa guhohotera Lil Rod wamukoreraga akanamwandikira indirimbo. Rodney Jones uzwi nka Lil Rod mu muziki wa Amerika, ashinja P.Diddy kumuhohotera, mu bihe bitandukanye, yifuza kumusambanya no kumukoresha ibiteye isoni. Uyu... Read more »

DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya bashyira hanze indirimbo ya mbere

Inzu  isanzwe ikora ibikorwa  bijyanye n’imyidagaduro ya DopeDee Entertainment y’Umunyamakuru akaba n’umudj  Diddyman nyuma y’igihe  akora ibyo bikorwa yasinyishije umuhanzi kazi  Annie  Mutoniwase . Annie Mutoniwase  ni umunyarwandakazi  uririmba indirimbo zo kuramya... Read more »

FARDC yamennye intwaro n’abasirikare benshi i Goma kugira ngo ibuze M23 kuhafata

Igisirikare cya Leta ya RDC aricyo FARDC gifatanyije na FDLR,Abacancuro,Ingabo z’u Burundi na Wazalendo,biravgwa ko basutse intwaro zikomeye i Goma kugira ngo bayirinde gufatwa na M23. Amakuru yagiye hanze kuri uyu wa... Read more »

Niyo Bosco Yasinye muri Kikac Music isanzwe ifasha Bwiza.

Nyuma y’igihe asa n’utagaragara cyane mu muziki, Niyo Bosco, yinjiye muri KIKAC Music isanzwe ibarizwamo Bwiza. Amakuru Kigalihit ifite ni uko Niyo Bosco na KIKAC Music bamaze kwemeranya imikoranire ndetse akaba yamaze... Read more »