Consumers Choice Awards 2025 ibigo byahize ibindi mu gutanga serivise zinoze byashimiwe (Amafoto)

Ibigo icyenda bikorera mu Rwanda byashyikirijwe ibihembo bya Consumers Choice Awards bitegurwa na Sosiyete ya Karisimbi Events, bishimirwa umuhate bishyira mu gutanga serivisi zinoze ndetse no gufata neza ababigana. bi bihembo byatanzwe... Read more »

Byari ingorabahizi kwinjiza abantu muri Stade Amahoro:Umuyobozi wa Tiger Gate S

Mu mpera z’icyumweru gishinze i Kigali habereye imikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2026 kizabera muri Canada, USA na Mexique . Iyo mikino yitabiriwe n’abanyarwanda benshi barimo n’umuryango wa Perezida... Read more »

Perezida Paul Kagame yakiriye Qimiao Fan uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda

Perezida Paul Kagame yakiriye Qimiao Fan uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda, Kenya, Somalia na Uganda, baganira ku bufatanye busanzwe n’ubwo mu gihe kizaza. Umukuru w’Igihugu yakiriye Qimiao mu biro bye kuri uyu... Read more »

Ku bufatanye na Zacu TV umuhanzi Juno Kizigenza yinjiye mu gukina Filime

ZACU TV, shene ya CANAL+ inyuraho seri na filime nyarwanda, yamuritse imishinga mishya inyuranye yo muri 2025, harimo na filime ya Muzika izagaragaramo umuhanzi Juno Kizigenza uri mu bakunzwe muri iyi minsi.... Read more »

Nyuma y’imyaka 10 ubunararibonye bafite barashaka kubwifashisha mu gufasha ibindi bihugu byo mu mahanga

Birumvikana nk’intambwe idasanzwe! Kuko mu myaka ishize byasabaga amezi atandatu kugirango ku rubuga Irembo hongerwemo serivisi nshya abaturage bakeneye, ariko kuri iyi nshuro bisaba iminsi, kandi hanatangiye ubukangurambaga bugamije gusaba buri wese... Read more »

Umugabo yahanwe bikomeye, Nyuma yo kwishyira muri sisiteme y’abapfuye ahunga indezo.

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umugabo witwa Jesse Kipf wahimbye urupfu rwe kugira ngo adakomeza kwishyura indezo y’umwana we w’umukobwa, yamaze gukatirwa igifungo cy’imyaka 6 muri gereza. Jesse Kipt wo mu... Read more »

Ntiwari ubizi, Ariko bimenye, Akabariro gatewe mu gitondo cy’umuseso gafasha iki?

Gutera akabariro mu gitondo ku bantu bashakanye ni byiza cyane nk’uko byemejwe n’ubushakashatsi bwakorewe ahantu hatandukanye harimo na Kaminuza ya Harvard. Abantu benshi barahuga, yewe bamwe bakanakererwa akazi k’umunsi kubera icyayi cya... Read more »

Mu mafoto: Reba Abakobwa 10 beza kurusha abandi muri Cinema Nyarwanda, buri mugabo wese yifuza kuryamana nabo.

Uruganda rwa Cinema ni igisata kigize ikmyidagaduro yo mu Rwanda ndetse akaba ari uruganda rugwije abakobwa benshi b’uburanga cyane dore ko n’umubare munini w’abasore ubyemeza. Kimwe n’ibindi bihugu byahoze kandi bikiri mu... Read more »

Platini yatumiye Urban Boys mu gitaramo cya Baba Experience

Umuhanzi  Nemeye Platini  usigaye yiyita Baba  wahoze mu itsinda rya  Dream boys mu gihe hasigaye iminsi mike ngo igitaramo cye yise “Baba  Experience kibe yatunguye abakunzi ba muzkia benshi atangaza ko mu... Read more »

Lil Rod wahoze akorera P Diddy yiyongereye mu bamushinja ihohotera

Umuraperi P.Diddy arashinjwa guhohotera Lil Rod wamukoreraga akanamwandikira indirimbo. Rodney Jones uzwi nka Lil Rod mu muziki wa Amerika, ashinja P.Diddy kumuhohotera, mu bihe bitandukanye, yifuza kumusambanya no kumukoresha ibiteye isoni. Uyu... Read more »