Mutesi Jolly utaherukaga kuvugwa cyane, yongeye gutuma abasore n’abagabo barabya indimi.

The Silver Gala, bimwe mu birori byo gushakira inkunga umuryango wita ku bana batishoboye ‘Sherrie Silver Foundation”, byabereye i Kigali aho ibyamamare ku isi byatambutse kuri ‘red carpet’ mu mideri itandukanye kandi... Read more »

Ikipe y’igihugu Amavubi yasesekaye i Kigali kwitegura Nigeria.

Ikipe y’Igihugu Amavubi akubutse i Tripoli muri Libye yageze mu Rwanda kwitegura umukino w’umunsi wa kabiri ifitanye na Nigeria mu mikino yo gushaka Igikombe cya Afurika cya 2025 kizabera muri Maroc. Ku... Read more »

Gukuramo imyenda kugeza no ku ikariso iyo utsinzwe, Kigali hadutse mukino udasanzwe.

Uko u Rwanda rukomeza gutera imbere umunsi ku wundi, hagenda haduka byinshi; gusa byose si ko biba ari byiza rimwe na rimwe ahubwo kubera aho Isi igeze, twisanga hari ibyo twavomye ahandi... Read more »

Nyuma y’imyaka 10 ubunararibonye bafite barashaka kubwifashisha mu gufasha ibindi bihugu byo mu mahanga

Birumvikana nk’intambwe idasanzwe! Kuko mu myaka ishize byasabaga amezi atandatu kugirango ku rubuga Irembo hongerwemo serivisi nshya abaturage bakeneye, ariko kuri iyi nshuro bisaba iminsi, kandi hanatangiye ubukangurambaga bugamije gusaba buri wese... Read more »

Bull Dogg yihaye intego ihambaye, ku muryango wa Jay Polly umaze imyaka 3 yitabye Imana.

Umuraperi Bull Dogg yihaye intego yo kudatuma umuryango wa mugenzi we Jay Polly babanaga muri Tuff Gang uzima cyangwa ngo wibagiranye ahubwo ugahora unezerewe ndetse uhabwa agaciro ukwiriye. Aya masezerano Bull Dogg... Read more »

Muri Congo Imfungwa 129, zapfuye zirimo zigerageza gutoroka gereza.

nzego z’Ubuyobozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) zatangaje ko imfungwa zari muri gereza ya Makala 129 zapfuye 24 muri zo ziraswa mu cyico ubwo zageragezaga gutorokoa iyi gereza iri Murwa... Read more »