Pastor Amani Stephan yahuje imbaraga na Incense of Praise na Alexis Nkomezi  bakorana indirimbo bise”  Yesu Ndaguhimbaza

Pastor  Amani  Stephane  ukorera akazi k’ivugabutumwa  muri Letza  Zunze ubumwe z’Amerika  mu mujyi wa Texas yahuje imbaraga  n’Itsinda  rya  Incense of Praise na Alexis bakorana indiri mbo bise  Yesu Ndaguhimbaza  yo kuramya... Read more »

Consumers Choice Awards 2025 ibigo byahize ibindi mu gutanga serivise zinoze byashimiwe (Amafoto)

Ibigo icyenda bikorera mu Rwanda byashyikirijwe ibihembo bya Consumers Choice Awards bitegurwa na Sosiyete ya Karisimbi Events, bishimirwa umuhate bishyira mu gutanga serivisi zinoze ndetse no gufata neza ababigana. bi bihembo byatanzwe... Read more »

Byari ingorabahizi kwinjiza abantu muri Stade Amahoro:Umuyobozi wa Tiger Gate S

Mu mpera z’icyumweru gishinze i Kigali habereye imikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2026 kizabera muri Canada, USA na Mexique . Iyo mikino yitabiriwe n’abanyarwanda benshi barimo n’umuryango wa Perezida... Read more »

Amashirakinyoma ku mpeta yambitswe inkindi Aisha uzwi muri cinema nyarwanda.

Ese koko inkuru y’urukundo rutunguranye rwavuyemo no kwambikana impeta yaba ari iya nyayo? nkuko byibazwa na benshi mu bakunzi b’imyidagaduro mu Rwanda. Inkuru yatangaje benshi mu bakurikirana imyidagaduro yo mu Rwanda, ni... Read more »

Igihe M23 igomba kuganirira na Leta ya Congo cyatangajwe.

Aba bategereje kumva no kumenya ibyavuye mu biganiro hagati y’umutwe wa M23 ndetse na Leta ya Congo ihagarariwe na Perezida Felix Tshisekedi bamaze kumenyeshwa igihe ibi biganiro bizabera nyuma yo gutekerezwaho neza... Read more »

Ukraine yemeye icyifuzo cy’Amerika cy’agahenge k’ iminsi 30 mu ntambara barimo n’Uburusiya

Ukraine yatangaje ko yemeye icyifuzo cy’amerika cy’agahenge k’iminsi 30 mu ntambara irimo n’Uburusiya Ibi ibyemeye  nyuma y’Umunsi umwe  habaye ibiganiro hagati  y’amerika na  Ukraine byabereye  I Jeddah muri Arabiya sawudite kuri uyu ... Read more »

“DRC ntiyakabaye igisabiriza, ifite umutungo kamere uhagije” Perezida Kagame.

Umukuru w’igihugu cy’ u Rwanda Nyakubahwa Perezida Paul Kagame asanga Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo idakwiye kuba ku rutonde rw’ibihugu bifashwa n’amahanga nyamara yakabaye yihagije cyane ko yigwijeho umutungo kamere benshi badafite.... Read more »

Perezida Paul Kagame yakiriye Qimiao Fan uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda

Perezida Paul Kagame yakiriye Qimiao Fan uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda, Kenya, Somalia na Uganda, baganira ku bufatanye busanzwe n’ubwo mu gihe kizaza. Umukuru w’Igihugu yakiriye Qimiao mu biro bye kuri uyu... Read more »