
Pastor Amani Stephane ukorera akazi k’ivugabutumwa muri Letza Zunze ubumwe z’Amerika mu mujyi wa Texas yahuje imbaraga n’Itsinda rya Incense of Praise na Alexis bakorana indiri mbo bise Yesu Ndaguhimbaza yo kuramya... Read more »

Ibigo icyenda bikorera mu Rwanda byashyikirijwe ibihembo bya Consumers Choice Awards bitegurwa na Sosiyete ya Karisimbi Events, bishimirwa umuhate bishyira mu gutanga serivisi zinoze ndetse no gufata neza ababigana. bi bihembo byatanzwe... Read more »

Mu mpera z’icyumweru gishinze i Kigali habereye imikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2026 kizabera muri Canada, USA na Mexique . Iyo mikino yitabiriwe n’abanyarwanda benshi barimo n’umuryango wa Perezida... Read more »

Ese koko inkuru y’urukundo rutunguranye rwavuyemo no kwambikana impeta yaba ari iya nyayo? nkuko byibazwa na benshi mu bakunzi b’imyidagaduro mu Rwanda. Inkuru yatangaje benshi mu bakurikirana imyidagaduro yo mu Rwanda, ni... Read more »

Aba bategereje kumva no kumenya ibyavuye mu biganiro hagati y’umutwe wa M23 ndetse na Leta ya Congo ihagarariwe na Perezida Felix Tshisekedi bamaze kumenyeshwa igihe ibi biganiro bizabera nyuma yo gutekerezwaho neza... Read more »

Ukraine yatangaje ko yemeye icyifuzo cy’amerika cy’agahenge k’iminsi 30 mu ntambara irimo n’Uburusiya Ibi ibyemeye nyuma y’Umunsi umwe habaye ibiganiro hagati y’amerika na Ukraine byabereye I Jeddah muri Arabiya sawudite kuri uyu ... Read more »

Umukuru w’igihugu cy’ u Rwanda Nyakubahwa Perezida Paul Kagame asanga Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo idakwiye kuba ku rutonde rw’ibihugu bifashwa n’amahanga nyamara yakabaye yihagije cyane ko yigwijeho umutungo kamere benshi badafite.... Read more »

Perezida Paul Kagame yakiriye Qimiao Fan uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda, Kenya, Somalia na Uganda, baganira ku bufatanye busanzwe n’ubwo mu gihe kizaza. Umukuru w’Igihugu yakiriye Qimiao mu biro bye kuri uyu... Read more »