Dore ibice bizirana cyane n’imibavu, wowe utazi

Abantu benshi muri iki gihe cyane cyane igitsina gore, usanga mbere y’uko bava mu rugo babanza kwitera imibavu kugira ngo bagende bahumura neza mu bandi. Gusa ku rundi ruhande nubwo ari byiza... Read more »

Nyuma yo kwibanira nk’umugore n’umugabo bava inda imwe, bakatiwe imyaka 20.

Mussa Shija na Hollo Shija bo muri Tanzania bakatiwe imyaka 20 muri gereza bazira kubana nk’umugore n’umugabo kandi bazi neza ko ari abavandimwe. Urukiko rw’akarere ka Maswa mu ntara ya Simiyu muri... Read more »

Wari uzi ko : Genzura neza urasanga imico yawe ihuye n’ubwoko bw’ikirenge cyawe.

Mu isi yose, Abazungu cyangwa Abirabura twese duhuje ibirenge, ibyobirenge byacu bigabanyijwe mu bwoko bune(4) tugendeye ku buryo amano atondetswe ku kirenge. Na none kandi ibirenge bishobora gushyirwa mu byiciro hagendewe kuri... Read more »

Ese koko gutwitira undi {Surrogacy} byaba byamaze kwemerwa mu Rwanda?

Uburyo bwo kuba umuntu yatwitira undi bizwi nka ’Surrogacy’ bwamamaye mu bihugu byateye imbere, bwifashishwa n’abagore bafite ibibazo bitandukanye bituma badashobora gusama cyangwa gutwita inda ngo umwana azashobore kuvuka ari muzima, ubu... Read more »

Ubushita bw’Inkende bwakamejeje, mu bihugu bituranye n’u Rwanda.

Nyuma y’iminsi mike igeze mu Rwanda, indwara y’Ubushita bw’Inkende cyangwa se Monkeypox, yamaze kugaragara muri Kenya na Centrafrique, ibikomeje kuzamura impungenge ku muvuduko w’ikwirakwira ryayo, ndetse hakibazwa ku bushobozi bw’ibihugu bya Afurika... Read more »

Ibanga, Akamaro, Byinshi Wamenya Ku Mugenzo Wo Guca Imyeyo {Gukuna}.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa... Read more »

Ibyo wamenya kuri “Mpox” indwara ikomoka ku nkende yamaze kugera no mu Burundi.

Mu gihugu cy’u Burundi mu mujyi wa Bujumbura hagaragaye abarwayi batatu bafashwe n’icyorezo cy’indwara y’ibihara izwi nka ’monkeypox’ ikomoka ku nkende. Minisitiri w’Ubuzima rusange, Lyduine Baradahana kuri uyu wa Kane, yavuze ko... Read more »

Wari uziko abantu bagenda mu muhanda bihuta, badakunze kugira ibyishimo mu buzima.

Sobanukirwa : Ese koko abantu bagenda bihuta cyane mu muhanda cyangwa n’ahandi hantu baba bagira ibyishimo bicye mu buzima cyangwa amahirwe macye. Ubushakashatsi bwerekanye ko uko umuntu ugenda gahoro cyangwa yihuta biba... Read more »

Kenya: Umwuzure wishe abagera kuri 15, wimura Ibihumbi.

Umuryango wa Croix-Rouge muri iki gihugu cya Kenya uvuga ko muri NAIROBI, KENYA Imvura nyinshi yivanze n’umuyaga mwinshi byavuyemo umwuzure uherutse guhitana abantu 15 muri ndetse n’abandi ibihumbi n’ibihumbi bakimurwa mu byabo.... Read more »

Sosiyete ya Skol yishyuriye abaturage ba Kanyinya {Nzove} Ubwisungane mu Kwivuza “Mituel De Sante”

Uruganda rwa Skol Brewery Limited rumenyereweho gutera inkunga ibikorwa bitandukanye by’imyidagaduro birimo n’ikipe ya Rayon Sports yo mu cyiciro cya mbere hano mu Rwanda yakoze igikorwa cyo kwita ku buzima bw’abaturage baruturiye.... Read more »