P Diddy agiye kwisanga mu nkiko, Nyuma yo gusanga yaragize uruhare, mu rupfu rwa 2 Pac.

Umuryango wa nyakwigendera 2pac Shakur batangaje ko bagiye kwitabaza amategeko mu rwego rwo kumenya neza niba umuraper P. Diddy nta ruhare afite mu rupfu rwa 2pac. Umuryango wa Nyakwigendera 2 pac Shakur... Read more »

Hari ikizere ku gucyemuka kw’ibibazo by’umutekano, hagati y’U Rwanda na RDC.

Ibiganiro hagati y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu byombi u Rwanda na Congo byashimangiye ko hari ikizere ku gucyemura ibibazo by’umutekano hagati y’ibihugu byombi. Kuri uyu wa Kabiri, tariki 30 Nyakanga 2024 i Luanda... Read more »

Ibi bintu 6 abantu bakunze kubikora, kandi byangiza ubuzima cyane.

Akenshi iyo abantu bavuze ibyangiza ubuzima abantu bumva ibyo kurya n’ibyo kunywa bibi no kudakora imyitozo ngororamubiri. Yego nabyo byangiza ubuzima ariko hari ibindi bintu by’ingenzi abantu bagakwiye kureka kuko usanga byangiza... Read more »

Ibanga, Akamaro, Byinshi Wamenya Ku Mugenzo Wo Guca Imyeyo {Gukuna}.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa... Read more »

Lina Medina, niwe mugore wenyine wabyaye akiri muto ku myaka 5 gusa mu mateka y’Isi.

Lina Medina, umukobwa ukiri muto ukomoka muri Peru yari akiri umwana ubwe igihe yibarukaga umwana w’umuhungu mu 1939, urubanza rukomeye rukaba rukomeje kuba amayobera atarakemuka kugeza na n’ubu. Impungenge zatangiye kwiyongera igihe... Read more »

Ibyo wamenya kuri “Mpox” indwara ikomoka ku nkende yamaze kugera no mu Burundi.

Mu gihugu cy’u Burundi mu mujyi wa Bujumbura hagaragaye abarwayi batatu bafashwe n’icyorezo cy’indwara y’ibihara izwi nka ’monkeypox’ ikomoka ku nkende. Minisitiri w’Ubuzima rusange, Lyduine Baradahana kuri uyu wa Kane, yavuze ko... Read more »

Abasura Pariki ya Nyungwe bashyizwe igorora.

Pariki ya Nyungwe ikomeje kwitabwaho no kuvugururwa kugirango ikomeze gukurura ba Mukerarugendo basanzwe bayisura. Mu bintu birimo gukurura ba mukerarugendo basura pariki ya Nyungwe harimo inzira zo mu kirere, ahubatswe ikiraro cy’ibyuma... Read more »

Wari uziko abantu bagenda mu muhanda bihuta, badakunze kugira ibyishimo mu buzima.

Sobanukirwa : Ese koko abantu bagenda bihuta cyane mu muhanda cyangwa n’ahandi hantu baba bagira ibyishimo bicye mu buzima cyangwa amahirwe macye. Ubushakashatsi bwerekanye ko uko umuntu ugenda gahoro cyangwa yihuta biba... Read more »

Ange ni umukobwa w’imyaka 32 arashaka umukunzi w’umusore ’ubyibushyemo’ kanda ku ifoto ye ubone nimero ze

Ni umukobwa witwa Ange, yacishije ubutumwa bwe kuri iki kinyamakuru kigalihit.rw avuga ko yifuza umukunzi w’umusore, ariko yongeraho ko abaye abyibushye byaba ari akarusho. Yagize ati “Amazina nkoresheje si ayanjye, ndashaka umukunzi... Read more »

Abasirikare ba Afurika y’Epfo birukanwe muri RDC kubera ubusambanyi n’ihohotera bagizwe abere

Abasirikare icyenda bo muri Afurika y’Epfo birukanywe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu Kwakira umwaka ushize bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no guhohotera (SEA) bahanaguweho icyaha ariko bahamwa n’icyaha cyo kurenga... Read more »