Kendo yashyize hanze amashusho y’indirimbo Tabasamu ayitura abakundana

Umuhanzi  Nzeyimana Kennedy  uzwi nka Kendo  wamenyekanye  mu ndirimbo nka  Turabakumbura ,Keza yakoranye na Racine ni zindi  nyinshi  zakunze na benshi yashyize hanze  amashuso ya  Tabasamu ashimira buri wese  wamufashije kugira ibashe... Read more »

Lil Rod wahoze akorera P Diddy yiyongereye mu bamushinja ihohotera

Umuraperi P.Diddy arashinjwa guhohotera Lil Rod wamukoreraga akanamwandikira indirimbo. Rodney Jones uzwi nka Lil Rod mu muziki wa Amerika, ashinja P.Diddy kumuhohotera, mu bihe bitandukanye, yifuza kumusambanya no kumukoresha ibiteye isoni. Uyu... Read more »

Kendall Jenner na Devin Booker nyuma  y’umwaka batandukanye basubiranye

  Umunyamideli kabuhariwe, Kendall Jenner akaba na  murumuna wa Kim Kardashian yasubiye mu rukundo n’umukinnyi wa Basketball Devin Booker nyuma y’umwaka  umwe  bari bamaz  batandukanye . Kendall Jenner umunyamideli uri mubinjiza agatubutse... Read more »

DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya bashyira hanze indirimbo ya mbere

Inzu  isanzwe ikora ibikorwa  bijyanye n’imyidagaduro ya DopeDee Entertainment y’Umunyamakuru akaba n’umudj  Diddyman nyuma y’igihe  akora ibyo bikorwa yasinyishije umuhanzi kazi  Annie  Mutoniwase . Annie Mutoniwase  ni umunyarwandakazi  uririmba indirimbo zo kuramya... Read more »

Platini  yashimangiye ko Big Fizzo na Eddy Kenzo  bazitabira igitarmo cye

Umuhanzi  Mugani Désiré  ukunzwe nka Big Fizzo i Burundi na  Edrisah Kenzo Musuuza uzwei  Eddy Kenzo w’I bugande bari mu bahanzi bazafasha Platini mu gitaramo ateganya gukorera i Kigali, ku wa 30... Read more »

Umunyarwandakazi Dj Alisha biravugwa ko ari we ntandaro yo gutandukana kwa Zari n’umugabo

Dj Alisha ufite inkomoko mu Rwanda, biravugwa ko ari we ntandaro yo gutandukana kwa Zari n’umugabo we Shakib Lutaaya. Zari Hassan uri mu bagore bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga, yahishuye ko yatandukanye... Read more »

Papa Francis yasubitse inama kubera ibicurane

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yasubitse inama yagombaga kugirana na bamwe mu bayobozi ba Kiliziya kubera indwara y’ibicurane. Iyi nama yagombaga kuba ku wa Gatandatu tariki 24 Gashyantare mu... Read more »

Senderi,Kenny Sol, Bwiza,Danny  Vumbi  na Bushali basusurukije abanyakigali mu gitaramo gisoza Tour Rwanda  Festival

Nyuma  y’Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival birenga  3 byari bimaze igihe bizenguruka Igihugu bijyana n’irushanwa ry’amagare byasorejwe mu Mujyi wa Kigali mu ijoro ryo ku wa 25 Gashyantare 2024. Ibi bitaramo... Read more »

Miss Nishimwe Naomie na Mutesi Jolly bakeje Miss  Kenza Joannah yuma  yo kwegukana ikamba rya Miss Belgium 2024

Mutesi Jolly wabaye Miss Rwanda 2016 yagaragaje ko yishimiye intambwe Kenza Joannah yateye yo kwegukana ikamba rya Miss Belgium 2024, agaragaza ko ari ikintu cyo kwishimira ku banyarwanda bose, ibintu ahurizaho n’abarimo... Read more »

Zelensky, yatangaje ko abasirikare ibihumbi 31 b’igihugu cye, bamaze gupfira mu ntambara

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko abasirikare ibihumbi 31 b’igihugu cye, bamaze gupfira mu ntambara yashojwe ku butaka bwe n’u Burusiya. Yavuze ko adashobora gutangaza imibare y’abakomeretse kuko byaba ari ugufasha... Read more »