Umuhanzikazi Babo wagiye uvugwaho ubutinganyi ,kurubyiniro ntiyihanganiye kurya iminwa, Mama uwe

Nyuma y’igihe kinini yibyagiye bivugwa ko umuhanzikazi Babo yaba akundana nabo bahuje igitsina ( Abatinganyi)

uyu mukobwa wanagiye avugwa murukundo n’umuhanzikazi Asinah Erra ndetse na Ariel Weyz, nubwo we atabihakana cyangwa ngo abyemeze nubwo yigeze gushyira kurukuta rwe rwa Instagram umwe mubakobwa wari wagize isabukuru y’amavuko uyu muhanzikazi yamuteye imitoma ndetse amubwira ko azamukunda bitagira iherezo

uyu muhanzikazi rero ku itariki 1.10.2023 ubwo yari mugitaramo i bujumbura aho yari yatumiwe na The Ben mu gitaramo yari yakoreyeyo yaje guhamagara Nyina umubyara k’urubyiniro maze si ukuryana iminwa barirekura koko.

Facebook Comments Box

About Author

Recommended For You

About the Author: FRATERNE MUDATINYA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *