Ikibyimba arwaye ku Kibuno, gishobora kumuhitana cyangwa bakibanira mirere na mirere.

Ubwoba bukomeje kuba bwinshi cyane, ku mugabo warwaye ikibyimba ku Kibuno akaba anamaze gutakaza cyane ibiro, Afite impungenge ko yazabana nacyo ubuziraherezo.

Uyu mugabo ufite ibibyimba byinshi ku bice by’umubiri we, Cyane cyane ku gice cyo ku kibuno cye, yabigereranije na ‘Saggy boob ’, Nyuma yuko akomeje kugira ibibazo byo kugabanuka kw’Ibiro cyane ndetse akazana utundi tubyimba twinshi.

Uyu mugabo yahisemo kwitabaza umuganga ukomeye mu burwayi nk’ubwo, witwa Dr Sandra Lee  Nyuma yuko uwitwa Dr Pimple we atagize icyo amufasha kuri gahunda ya TLC.

Abaganga bakoze ku burwayi bw’uyu mugabo benshi bagiye bamugira inama yo kwifashisha Dermatologue mu kwisiga kuko ngo zizwiho gufasha abarwayi hirya no hino muri Amerika, mu bibazo nk’ibyo by’utubyimba ku zuru, Ubunini bwa plum cyangwa ibibyimba byose byaba mu mubiri w’umuntu.

Uyu mugabo avuga ko muri we yifitemo ubwoba bwinshi cyane bitewe nuko ngo bishoboka cyane ko iyi ndwara cyangwa se ikibyimba cye bazabana bya burundu kikanga gukira cyane ko yakivuje kenshi ariko akaba nta gisubizo cyangwa ubuvuzi burambye arabona.

Facebook Comments Box

About Author

Recommended For You

About the Author: Admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *