Ya ndirimbo ya Bruce Melodie yakoranye na Shaggy igiye hanze Harashya. {Video}

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, akanaba mu bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda yashyize hanze indirimbo ye nshya yise “When She is Aroung” yafatanyijemo n’imuhanzi Shaggy usanzwe akora injyana ya Dance hall nawe wakanyujijeho.

Indirimbo “When She is Aroung” ni indirimbo yasubiwemo mu buryo bw’imyandikire ndetse n’imicurangire ariko mu byo bita Melodie y’indirimbo bwo bukaba butarahinduwe kuko ari iyitwa “Funga Macho” yasubiwemo bityo zikaba zifite Melodies zisa.

Iyi ndirimbo yasohotse mu kanya kashize ku isaha ya saa kumi nebyiri zo ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 27 Ukwakira 2023, Isohokeye ku rubuga rwa Youtube ya Bruce Melodie.

Iyi ndirimbo yasohotse mu kanya kashize ku isaha ya saa kumi nebyiri zo ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 27 Ukwakira 2023, Isohokeye ku rubuga rwa Youtube ya Bruce Melodie ndetse kugeza ubu ikaba imaze kurebwa n’abasaga ibihumbi 3 magana arindwi na mirongo itandatu 3,760.

Ni indirimbo ifite amashusho asa neza cyane atandukanye cyane n’ayo Bruce Melodie yari asanzwe akora kuko yo usanga ko yashowemo amafaranga menshi,

Ni indirimbo yakozwe na Producer Prince Kizz umaze iminsi akora indirimbo nyinshi z’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda mu buryo bw’amajwi naho amashusho akorwa n’uwitwa Jay Will.

Facebook Comments Box

About Author

Recommended For You

About the Author: ellyman

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *