Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro

Abagabo n’abasore abenshi wagira ngo inda ibabyara ni imwe, iyo mumaze gusambana mubyarana abo akigira nk’aho ntaho akuzi. Gusa hari indangagaciro n’imyitwarire nk’umukobwa ukwiye kugira, zituma umusore akomeza kukubaha. Ni ukwitwararika ibi... Read more »

Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe

Abenshi bashobora gutekereza ko gukundana n’umuntu uri kure nta byiza byabyo ariko urubuga elcrema rugaragaza ibyiza byo gukundana n’umuntu ukuri kure ku buryo mubonana buri wese yifuza undi. 1. Ntabwo umuburira akanya... Read more »

Rick Ross yaguze umuturirwa muri Miami awutangaho miliyoni 35 z’amadolari (Amafoto)

Umuraperi w’icyamamare ku isi, Rick Ross. yaguze inzu y’umuturirwa mu mujyi wa miami,awutangaho akayabo ka miliyoni 35$ Rwiyemezamirimo William Leonard Roberts II wamamanye nka Rick Ross, umuraperi kabuhariwe waninjiye mu gukina filime... Read more »

Kigali hatashywe ishuri ryitiriwe umuhanzi Yvan Buravan (Amafoto)

Umuryango we, abahanzi bagenzi be, inshuti ze babanye, ababyeyi, abafana, abo mu nzego zinyuranye n’abakunze ibihangano bye n’abandi bahuriye mu muhango wo kwibuka no kuzirikana ubuzima buzima bwaranze umunyamuziki Yvan Buravan umaze... Read more »

Kigali: Umugabo yakoze agashya nyuma yo kuryamana n’indaya, asaba umugore we kuyishyura

Mu mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y’umugabo wakoze agashya arongora indaya, asaba umugore we iyo fagitire y’indaya kuko ari we wabiteye. Nyuma yo kumara iminsi itatu abwira umugore we witwa KANZAYIRE ko... Read more »

Kigali: Benshi mu rubyiruko bicuza kuba baratakaje ubusugi n’ubumanzi imburagihe

Ubushakashatsi bugaragaza ko kimwe cya gatatu cy’urubyiruko rw’abakobwa na kimwe cya kane cy’abahungu bari mu myaka 20 y’amavuko bicuza igihe batakarije ubusugi cyangwa ubumanzi bwabo.  Mu 2019 hari ubushakashatsi bwakorewe mu Bwongereza... Read more »

Umuhanzi Harmonize yaretse inzoga kugeza igihe azaba yujuje inzu yatangiye kubakira Nyina umubyara

Umuhanzi Harmonize wo mugihugu cya Tanzania yerekanye inzu yatangiye kubakira umubyeyi we nk’impano yuko yamureze neza agakura nawe akaba yaratangiye kwishakira amafaranga. Iyi nzu Harmonize yatangiye kubakira umubyeyi we iherereye mucyaro akomokamo... Read more »

Menya amwe mu magambo y’ubwenge umusore yakoresha atereta umukobwa yakunze bahuye ubwambere akegukana umutima we

Burya mu buzima busanzwe umuntu ugwa neza ugira amagambo meza biba ntako bias ku bamwumva ariko iyo bigeze ku bakundana biba akarusho bitewe n’uko ashobora gutuma uwari wigunze asagwa n’umunezero bityo amarangamutima... Read more »

Menya ibintu 20 byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro imbere y’umukunzi we

Burya n’ubwo abasore bose badateye kimwe, hari ibintu bahuriyeho nk’imyumvire n’imitekerereze rusange, bityo ibi bikaba ari ibintu 20 byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro ku mukunzi we, akabasha kunogera no kwishimirwa n’umusore bakundana... Read more »

Menya ibintu 10 abakobwa benshi bagenderaho mbere yokwemerera urukundo umusore

Abagabo benshi bakunze kubabara iyo bagerageje kwegera umukobwa akanga ku ikubitiro, abenshi bakeka ko ari uko atari beza ku rugero rw’abo bakobwa. Hari n’abatekereza ko bakagombye kuba bari kurwego nk’urwabo bakobwa mbere... Read more »