Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane

Abantu benshi mu buzima bwa buri munsi, cyane cyane abashakanye, bagira ibyo bumva kimwe n’ibyo batemeranywa na gato, hakaba kandi n’ubwo umwe yifuza kugerageza undi cyangwa kumuhima nyuma akabihomberamo. Iyi ni inkuru... Read more »

Abashakanye : Dore ibintu ukwiye kwirinda gukora mbere yuko mutera akabariro

Abantu benshi ntibabyitaho ariko birakwiye ko ubyitaho. Hagati y’umugabo n’umugore akenshi igikorwa cyo gutera akabariro gifatwa nkimwe mu nzira nziza yo kwita ku mugabo. Dore ibintu ukwiye kwirinda gukora mbere yuko mutera... Read more »

Zari Hassan yakoze ubukwe na Shakib arusha imyaka 11 (Amafoto)

Umuherwekazi w’umugande uba muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan yamaze gukora ubukwe n’umukunzi we Shakib Lutaaya bari barahanye isezerano imbere y’Idini ya Islam. Ni ubukwe bwabaye tariki ya 3 Ukwakira 2023 bubera mu... Read more »

Abasore: Dore amayeri 4 yagufasha kwambura umukobwa abandi basore ukamugira uwawe wenyine

Mu rukundo habamo guhangana byiza aho umusore akora uko ashoboye kugira ngo yigarurire umutima w’umukobwa ku buryo ashobora kumwambura abandi. Uwo mukobwa nagerwaho n’ibikorwa byawe, byanga bikunze azagukunda kandi uzaguma ube uwe... Read more »

GAKENKE: 30% by’urubyiruko ruvurirwa mu bitaro bya Nemba bafata imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA

Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nemba biherereye mu Karere ka Gakenke buvuga ko 30% kubarwayi bafata imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA. Ibi byose biravuhwa mu gace bareberera ari urubyiruko, rukaba rusabwa gufata... Read more »

Menya amayeri 10 abakobwa bakoresha bashaka guhakanira abasore babasabye urukundo.

Abakobwa burya bagira uburyo bwabo bavugamo ibintu, cyane ko ubusanzwe bazwiho amasoni no kudapfa kwerura buri kintu bashaka kuvuga. Ubu rero ni bumwe mu buryo bwinshi abakobwa bakoresha bashaka kubenga abasore. 1.Ndatekereza... Read more »

Dore bamwe mu bakobwa ugomba kwirinda kuryamana nabo kuko bashobora kukwicira ejo heza hawe hose.

Niba ibi bikurikira ubizi cyangwa ukaba wabibonye ku mukobwa ntuzigere wibeshya ngo uryamane nawe kuko ushobora guhuriramo n’ibibazo byinshi, ubuzima bwawe bwose bukajya mu kaga kubera uwo mukobwa.  Gukora imibonano mpuzabitsina igihe... Read more »

Hazima uwatse koko! menya icyatandukanyije Zaba na Lynda,bari bamaze imyaka babana

Ni kenshi hagiye hanugwanugwa gucana inyuma mu rukundo rwa Zaba Missed call na Miss Lynda Nkusi, abakinnyi ba filime nyarwanda banakunzwe, ariko Zaba akagaragaza kubitera utwatsi avuga ko adashaka kugira icyo avugaho... Read more »

Ibimenyetso biranga umukobwa wagize ubushake bukabije bwo gukora imibonano mpuzabitsina

Abakobwa muri kamere yabo bihagararaho ntabwo ari abakobwa benshi bashobora kubwira umusore ko bashaka gukora imibonano mpuzabitsina. Nubwo bimeze gutyo ariko biroroshye kumenya umukobwa ushaka gukora imibonano mpuzabitsina urebeye ku bimenyetso bikurukira... Read more »

Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro

Abagabo n’abasore abenshi wagira ngo inda ibabyara ni imwe, iyo mumaze gusambana mubyarana abo akigira nk’aho ntaho akuzi. Gusa hari indangagaciro n’imyitwarire nk’umukobwa ukwiye kugira, zituma umusore akomeza kukubaha. Ni ukwitwararika ibi... Read more »