Inkuru nziza ku bakiliya b’ibinini bibarinda gusama

Urubuga rw’Abongereza runyuzwaho inkuru z’ubushakashatsi bushingiye ku buvuzi, The Lancet, rwatangaje ubushya bwafatwa nk’inkuru nziza ku baguzi b’ibinini byifashishwa hirindwa gusama bizwi nka Morning After Pills, byo mu bwoko bwa ’Levonorgestrel’.  Ubusanzwe... Read more »

Manchester United na Chelsea zatangiye guca intege abafana bazo muri Premier League

Amakipe akunzwe cyane mu Bwongereza ariyo Manchester United na Chelsea yatangiye nabi imikino ya Premier League ziri ku rwego rwo hasi byatumye abafana bazo bahangayika bikomeye. Nubwo zari zagerageje kwitwara neza ku... Read more »

Kiyovu Sports yananiwe gutsinda Muhazi United mu gihe Police FC yatanze ubutumwa ,dore uko umunsi wa 2 wa Shampiyona y’u Rwanda wagenze

Shampiyona y’u Rwanda yakomeje hakinwa imikino w’Umunsi wa Mbere yayo aho amakipe arimo Rayon Sports,Police FC na Musanze FC zatsinze imikino yazo mu gihe Kiyovu Sports yatangiye itenguha abakunzi bayo. Kuri iki... Read more »

Mitima Isaac yababajwe n’uko Gasogi United yubakiye ku magambo bayitsinze ibitego bike

Myugariro wa Rayon Sports, Mitima Isaac yavuze ko nk’abakinnyi bababajwe n’uko batsinze Gasogi United ibitego bike. Ni nyuma yo kuyitsinda 2-1 mu mukino ufungura shampiyona ya 2023-24 waraye ubaye ku wa Gatanu.... Read more »

Hazima uwatse koko! menya icyatandukanyije Zaba na Lynda,bari bamaze imyaka babana

Ni kenshi hagiye hanugwanugwa gucana inyuma mu rukundo rwa Zaba Missed call na Miss Lynda Nkusi, abakinnyi ba filime nyarwanda banakunzwe, ariko Zaba akagaragaza kubitera utwatsi avuga ko adashaka kugira icyo avugaho... Read more »

Espagne yegukanye igikombe cy’isi cy’abagore itsinze Ubwongereza

Ikipe y’igihugu y’abagore ya Espagne yegukanye igikombe cy’isi itsinze Ubwongereza igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wabereye ku kibuga Stadium Australia kuri iki cyumweru. Kapiteni wa Espagne Olga Carmona ni we watsinze... Read more »

Tanzaniya: Abarundi bahahungiye binyuranye n’itegeko bakatiwe gufungwa umwaka n’ihazabu

Urukiko rwa Kisutu mu gihugu cya Tanzania rwakatiye Abarundi 59 igihano cyo kwishyura ihazabu y’Amashilingi 500,000 cyangwa bakamara umwaka muri gereza nyuma yo kubahamya icyaha cyo kwinjira no gutura mu gihugu binyuranyije... Read more »

Reba udushya twaranze igitaramo Davido,Tiwa Savage na Melodie bakoze gisoza ’Giants of Africa’(Amafoto)

Abahanzi barangajwe imbere n’abanya-Nigeria Davido na Savage, Umunya- Afurika y’Epfo Tayla ndetse na Bruce Melodie bashimishije abitabiriye igitaramo cyo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa Festival’ ryaberaga mu Rwanda. Ni mu gitaramo... Read more »

The Ben na Green P, bari mu gahinda gakomeye ko gupfusha umubyeyi bitunguranye.

Umubyeyi w’umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye cyane nka The Ben mu muziki nyarwanda na Green P, yitabye Imana azize uburwayi muri iri joro ryo kuwa gatanu tariki ya 18 Kanama 2023. Umubyeyi ubyara... Read more »

Perezida Kagame yakiriye umuhanzi Davido muri Village Urugwiro. {Amafoto}

Kuri uyu wa gatanu, Perezida Paul Kagame yakiriye umuhanzi wo muri Nigeria Davido, ugomba gutaramira abanyarwanda mu iserukiramuco rya ‘Giants Of Africa} kuri uyu gatandatu, mu biro bye {Village Urugwiro} Kuri uyu... Read more »