Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aho Gaspard Twagirayezu yagizwe Minisitiri w’Uburezi mu gihe Dr. Valentine Uwamariya yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango. Maj Gen Albert Murasira wahoze ari Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda,... Read more »

mu Rwanda hatangijwe ubukangura mbaga bwo gushyigikira bibiliya, kuko abari abaterankunga bayo bari kugabanuka cyane

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda utangaza ko mu gihe bitashyirwamo ingufu zifatika Bibiliya Yera na Bibiliya Ntagatifu zishobora kuba nke mu Rwanda ndetse igiciro cyazo kigakomeza gutumbagira ku isoko. BSR ivuga ko... Read more »

Ukraine : Ubuhorandi na Danemark bageneye Ukraine indege z’intambara zo mu bwoko zo kuyifasha uburusiya.

Kuri iki cyumweru, tariki ya 20 Kanama 2023, Ibihugu by’Ubuholandi na Danemark byatangaje ko bizaha indege z’intambara zo mu bwoko bwa F-16 igihugu cya Ukraine kirembejwe n’intambara cyagabweho n’Uburusiya. Ibi byatangajwe mu... Read more »

Umugabo yishe umugore we, Nyuma y’umunsi umwe gusa, bahanye Divorse.

Umugabo wo muri Michigan, witwa Marcus Durayalle Lofton, yafunzwe azira kurasa umugore we Alicia Danielle Lofton akamwica, Nyuma yu’umunsi umwe basinye impapuro zo gutandukana nk’umugore n’umugabo {Divorce}. Aba bombi basezeranye kuzabana akaramata... Read more »

Inkuru ibabaje : Umugabo yakubise umwana we amuziritse nk’igikeri kugeza amwishe

Umugabo yakubise umwana we w’umuhungu yamuziritse nk’igikeri kugeza amwishe, Johnson Akato Rampando, ufite ubwenegihugu bwa Kenya ariko utuye mu mudugudu wa Butahandu mu karere ka Namayingo muri Uganda, yatawe muri yombi azira... Read more »

Umunyarwandakazi yagaragaje amafoto ye yambaye ubusa buriburi-AMAFOTO

Umunyarwandakazi witwa Rugambwa Isimbi Sylivine usanzwe akora akazi ko kwerekana imideli yashyize amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga biteza ibitekerezo mpaka kuri ayo mafoto kuko uyu mukobwa yagaragaje ko ayo mafoto yayafotowe n’umufotozi... Read more »

Dore bamwe mu bakobwa ugomba kwirinda kuryamana nabo kuko bashobora kukwicira ejo heza hawe hose.

Niba ibi bikurikira ubizi cyangwa ukaba wabibonye ku mukobwa ntuzigere wibeshya ngo uryamane nawe kuko ushobora guhuriramo n’ibibazo byinshi, ubuzima bwawe bwose bukajya mu kaga kubera uwo mukobwa.  Gukora imibonano mpuzabitsina igihe... Read more »

Inkuru nziza ku bakiliya b’ibinini bibarinda gusama

Urubuga rw’Abongereza runyuzwaho inkuru z’ubushakashatsi bushingiye ku buvuzi, The Lancet, rwatangaje ubushya bwafatwa nk’inkuru nziza ku baguzi b’ibinini byifashishwa hirindwa gusama bizwi nka Morning After Pills, byo mu bwoko bwa ’Levonorgestrel’.  Ubusanzwe... Read more »

Manchester United na Chelsea zatangiye guca intege abafana bazo muri Premier League

Amakipe akunzwe cyane mu Bwongereza ariyo Manchester United na Chelsea yatangiye nabi imikino ya Premier League ziri ku rwego rwo hasi byatumye abafana bazo bahangayika bikomeye. Nubwo zari zagerageje kwitwara neza ku... Read more »

Kiyovu Sports yananiwe gutsinda Muhazi United mu gihe Police FC yatanze ubutumwa ,dore uko umunsi wa 2 wa Shampiyona y’u Rwanda wagenze

Shampiyona y’u Rwanda yakomeje hakinwa imikino w’Umunsi wa Mbere yayo aho amakipe arimo Rayon Sports,Police FC na Musanze FC zatsinze imikino yazo mu gihe Kiyovu Sports yatangiye itenguha abakunzi bayo. Kuri iki... Read more »