Luvumbu Nzinga amaze guhagarikwa na ferwafa

Nyuma y’imyitwarire mibi yagaragaje ku mukino ikipe ya Rayons Sports yahuyemo na Police FC, umukinnyi Luvumbu Nzinga ukomoka mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  yahanishijwe guhagarikwa amezi atandatu adakandagira mu... Read more »

Abanyarwandakazi bakomeje umurego wo gukina Pornographie nyuma ya Isimbi ubu hagezweho Liz Ferrari ( Reba video ze)

Nubwo atari izina rizwi cyane mu Rwanda, si rishya mu isi y’imyidagaduro by’umwihariko mu bucuruzi bw’amashusho y’urukozasoni kuri Internet. Niko kazi kamutunze, nyuma yo guhagarika umwuga w’ubuvuzi yakoraga. Uwo nta wundi ni... Read more »

Umusore yahagaritse ubukwe ku munsi bwari kuberaho kubera icyo yavumbuye ku mugeni

Umusore wo muri Nigeria yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo guhagarika ubukwe ku munsi bwari kuberaho kubera ko yavumbuye ko umukobwa yari agiye gushaka yasambanye n’undi musore mu minsi mike yari ishize.... Read more »

Harmonize yiyemeje guhomba akayabo kubera urukundo akunda Poshy Queen

Umuhanzi Harmonize yemeje ko atazataramira abanya Sierra Leone kubera ko umukunzi we, Poshy Queen,yabuze ibyangombwa bimwemerera kujyana nawe muriicyo gihugu. Uyu muhanzi abinyujije kuri Instagram (Story),yagize ati”Sierra Leone, Mumbabarire kubera ko ntabwo... Read more »

Rayon Sports yitandukanyije n’imyitwarire ya Rutahizamu wayo Hertier Luvumbu Nzinga

Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Gashyantare 2024, Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yitandukanyije n’imyitwarire y’umukinnyi wayo Hertier Luvumbu Nzinga, ubwo yishimiraga igitego mu mukino batsinzemo Police FC. Ni imyitwarire yaranze... Read more »

FARDC yamennye intwaro n’abasirikare benshi i Goma kugira ngo ibuze M23 kuhafata

Igisirikare cya Leta ya RDC aricyo FARDC gifatanyije na FDLR,Abacancuro,Ingabo z’u Burundi na Wazalendo,biravgwa ko basutse intwaro zikomeye i Goma kugira ngo bayirinde gufatwa na M23. Amakuru yagiye hanze kuri uyu wa... Read more »

Cecil imbwa yisengerereye ikarya amadorari $4,000, Dore uko ba nyirayo bisubije ayo mafaranga.

Ntibisanzwe Imbwa yitwa Cecil yihereranye amafaraariye ibyo kurya bihenze cyane bihagaze amafaranga asaga $4,000 yose muri Leta zunze Ubumwe za Amerika muri Pittsburgh. Umuryango umwe muri Leta zunze Ubumwe za Amerika mu... Read more »

Yago yatunguye ababyeyi be abaha impano y’ifoto y’umukuru w’Igihugu, mu gitaramo “SUWEJO Album Launch”

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Yago PonDat yatunguye benshi cyane mu gitaramo cye cyo kumurika Alubumu ye ya mbere “Suwejo” byumwihariko ku mpano yateguriye ababyeyi be ifite igisobanuro gihambaye. Kuri uyu wa gatanu tariki... Read more »

Niyo Bosco Yasinye muri Kikac Music isanzwe ifasha Bwiza.

Nyuma y’igihe asa n’utagaragara cyane mu muziki, Niyo Bosco, yinjiye muri KIKAC Music isanzwe ibarizwamo Bwiza. Amakuru Kigalihit ifite ni uko Niyo Bosco na KIKAC Music bamaze kwemeranya imikoranire ndetse akaba yamaze... Read more »

Ibyamamare 5 bikurikirwa n’abantu benshi kuri Instagram kw’Isi hose.

Imbuga nkoranyambaga zagiye zorohereza abantu batandukanye kumenyekanisha ibikorwa byabo, ugereranije n’imyaka yatambutse aho byari bigoye ko abantu bamenya buri kimwe muburyo bworoshye, nk’amakuru, imiziki, filime, n’ibicuruzwa ku masoko, ibi byose rerro ni... Read more »