Stade Amahoro igeze mu isozwa {Amafoto}.

Uburanga bwa Stade Amahoro imaze igihe iri gutunganywa buteye amabengeza kuri buri wese uyibonye, Amakuru meza ku banyarwanda bose bazayifashisha mu bijyanye n’imyidagaduro yose. Kugeza ubu Stade Amahoro imaze igihe kinini Minisiteri... Read more »

nyuma y’umwaka nta ndirimbo, The Ben yashyize hanze indirimbo “Ni Forever” igaragaramo umugore we.

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben mu muziki nyarwanda abaye umwe mu bahanzi bahiriwe cyane n’impera z’umwaka wa 2023 ndetse yongera gushimangira ko ari umuhanzi w’abanyarwanda cyane kurusha uko ari uw’ibikorwa.... Read more »

Burna Boy yanyuze kuri Diamond Plutnmuz mu kurebwa cyane ku rubuga rwa Youtube.

Umuhanzi w’igihangange muri Nigeria ndetse no muri Afurika muri rusange Burna Boy ukunze kwiyita “The Giant of Africa” yongeye kwandika andi mateka mu bahanzi bo muri Afurika yo mu nsi y’ubutayu bwa... Read more »

Umunyamakuru wa Umurava.com Christian Mugwaneza yasabye aranakwa umukunzi we Taussi {Amafoto}

Mu birori byasaga neza cyane, MUGWANEZA Christian umunyamakuru, Umuhanzi akanaba umuyobozi wo gutunganya amashusho {Video Director and Editor wamenyekanye cyane ku izina rya Mu Chris yakoze ubukwe bw’agatangaza kuri uyu wa gatandatu... Read more »

“Flash Light Bar & Resto” ifatanje na “Belo Gang Music” bateguye ikindi gitaramo cya Hip Hop gikomeye.

Nyuma yuko bateguye ibitaramo bitandukanye byagaragayemo abaraperi bakomeye mu Rwanda ndetse bagasanga ko iyo njyana igikunzwe cyane mu bantu, Flash Light Bar & Resto ku bufatanye na “Belo Gang Entertainment” bakomeje izi... Read more »

The Ben Yakiriwe n’imbaga, Abari biteze umukunzi we Pamella ku kibuga bamubuze.

Icyamamare Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben nawe yasesekaye mu Rwanda akubutse mu gihugu cya Canada aho amaze gukorera igitaramo kimwe na mugenzi we Kenny Sol nawe waraye ageze mu Rwanda mu... Read more »

Bwa mbere yemeje ibyerekeye Umukunzi we, avuga ku ntambara ivugwa hagati ya The Ben na Bruce Melodie.

Umuhanzi Kenny Sol uri mu bahanzi bahiriwe cyane n’umuziki neza ndetse uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’uburasirazuba yagarutse i Kigali akubutse muri Canada muri gahunda y’Ibitaramo... Read more »

Gen-z Comedy: Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown, urukundo rwo ku rwego rwo hejuru.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane muri camp Kigali ahasanzwe habera ibitaramo bya Gen-Z comedy itegurwa n’umunyarwenya Fally Merci Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown urukundo rwo mu rwego rwo hejuru bamurundaho... Read more »

Dore urutonde rw’indirimbo 5 zimaze kurebwa cyane kw’Isi yose kuva 2010 kugeza 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »

Dore indirimbo 5 z’abahanzi ny’Afrika zarebwe cyane ku rubuga rwa youtube kuva 2015 kugeza ubu muri 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »