Yambariwe n’ibyamamare bitandukanye, Kimenyi Yves yasabye anakwa Miss Muyango Claudine. {Amafoto}

Umukinnyi wa AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Mutarama 2024, Yasabye anakwa Uwase Muyango Claudine mu muhango uri kubera mu Karere ka Gasabo mu murenge Gisozi... Read more »

Cecil imbwa yisengerereye ikarya amadorari $4,000, Dore uko ba nyirayo bisubije ayo mafaranga.

Ntibisanzwe Imbwa yitwa Cecil yihereranye amafaraariye ibyo kurya bihenze cyane bihagaze amafaranga asaga $4,000 yose muri Leta zunze Ubumwe za Amerika muri Pittsburgh. Umuryango umwe muri Leta zunze Ubumwe za Amerika mu... Read more »

Yago yatunguye ababyeyi be abaha impano y’ifoto y’umukuru w’Igihugu, mu gitaramo “SUWEJO Album Launch”

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Yago PonDat yatunguye benshi cyane mu gitaramo cye cyo kumurika Alubumu ye ya mbere “Suwejo” byumwihariko ku mpano yateguriye ababyeyi be ifite igisobanuro gihambaye. Kuri uyu wa gatanu tariki... Read more »

Yago PonDat atanze ikibonezamvugo n’umukoro kuri Chris Eazy n’abajyanama be. {Video}

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Yago PonDat yatunguye benshi cyane mu gitaramo cye cyo kumurika Alubumu ye ya mbere “Suwejo” byumwihariko ku mpano yateguriye ababyeyi be ifite igisobanuro gihambaye. Kuri uyu wa gatanu tariki... Read more »

Stade Amahoro igeze mu isozwa {Amafoto}.

Uburanga bwa Stade Amahoro imaze igihe iri gutunganywa buteye amabengeza kuri buri wese uyibonye, Amakuru meza ku banyarwanda bose bazayifashisha mu bijyanye n’imyidagaduro yose. Kugeza ubu Stade Amahoro imaze igihe kinini Minisiteri... Read more »

nyuma y’umwaka nta ndirimbo, The Ben yashyize hanze indirimbo “Ni Forever” igaragaramo umugore we.

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben mu muziki nyarwanda abaye umwe mu bahanzi bahiriwe cyane n’impera z’umwaka wa 2023 ndetse yongera gushimangira ko ari umuhanzi w’abanyarwanda cyane kurusha uko ari uw’ibikorwa.... Read more »

Burna Boy yanyuze kuri Diamond Plutnmuz mu kurebwa cyane ku rubuga rwa Youtube.

Umuhanzi w’igihangange muri Nigeria ndetse no muri Afurika muri rusange Burna Boy ukunze kwiyita “The Giant of Africa” yongeye kwandika andi mateka mu bahanzi bo muri Afurika yo mu nsi y’ubutayu bwa... Read more »

Umunyamakuru wa Umurava.com Christian Mugwaneza yasabye aranakwa umukunzi we Taussi {Amafoto}

Mu birori byasaga neza cyane, MUGWANEZA Christian umunyamakuru, Umuhanzi akanaba umuyobozi wo gutunganya amashusho {Video Director and Editor wamenyekanye cyane ku izina rya Mu Chris yakoze ubukwe bw’agatangaza kuri uyu wa gatandatu... Read more »

“Flash Light Bar & Resto” ifatanje na “Belo Gang Music” bateguye ikindi gitaramo cya Hip Hop gikomeye.

Nyuma yuko bateguye ibitaramo bitandukanye byagaragayemo abaraperi bakomeye mu Rwanda ndetse bagasanga ko iyo njyana igikunzwe cyane mu bantu, Flash Light Bar & Resto ku bufatanye na “Belo Gang Entertainment” bakomeje izi... Read more »

The Ben Yakiriwe n’imbaga, Abari biteze umukunzi we Pamella ku kibuga bamubuze.

Icyamamare Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben nawe yasesekaye mu Rwanda akubutse mu gihugu cya Canada aho amaze gukorera igitaramo kimwe na mugenzi we Kenny Sol nawe waraye ageze mu Rwanda mu... Read more »