Kenya: Byasubiwemo Abatunze ipusi bagomba gutangira kuzitangira umusoro.

Muri Kenya hagiye gushyirwaho umusoro w’injangwe ku bazitunze bose ndetse nazo zikajya zibanza kwandikishwa mu irangamimerere y’umuryango, mbere yo kuzitunga mu rugo. Kugeza ubu abatuye i Nairobi mu gihugu cya Kenya basanzwe... Read more »

Mutabare utazuyaje ashaka ko muryamana gusa yagutinye, numubonana ibi bimenyetso.

Ntukibeshye ngo utekereze ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina... Read more »

Ibanga, Akamaro, Byinshi Wamenya Ku Mugenzo Wo Guca Imyeyo {Gukuna}.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa... Read more »

Lina Medina, niwe mugore wenyine wabyaye akiri muto ku myaka 5 gusa mu mateka y’Isi.

Lina Medina, umukobwa ukiri muto ukomoka muri Peru yari akiri umwana ubwe igihe yibarukaga umwana w’umuhungu mu 1939, urubanza rukomeye rukaba rukomeje kuba amayobera atarakemuka kugeza na n’ubu. Impungenge zatangiye kwiyongera igihe... Read more »

Wari uziko abantu bagenda mu muhanda bihuta, badakunze kugira ibyishimo mu buzima.

Sobanukirwa : Ese koko abantu bagenda bihuta cyane mu muhanda cyangwa n’ahandi hantu baba bagira ibyishimo bicye mu buzima cyangwa amahirwe macye. Ubushakashatsi bwerekanye ko uko umuntu ugenda gahoro cyangwa yihuta biba... Read more »

Dore ibintu 10 biza ku isonga mu gukurura abasore ku buryo barwanira umukobwa ubifite

Burya umuhungu iyo agiye gukunda umukobwa agira ibyo agenderaho bye byihariye ariko twabahitiyemo kubarebera ibintu abahungu benshi bahuriraho iyo bagiye guhitamo umukobwa bakundana. 1.Imiterere y’umugore cyangwa umukobwa Aha ni ukuvuga isura ye... Read more »

Cecil imbwa yisengerereye ikarya amadorari $4,000, Dore uko ba nyirayo bisubije ayo mafaranga.

Ntibisanzwe Imbwa yitwa Cecil yihereranye amafaraariye ibyo kurya bihenze cyane bihagaze amafaranga asaga $4,000 yose muri Leta zunze Ubumwe za Amerika muri Pittsburgh. Umuryango umwe muri Leta zunze Ubumwe za Amerika mu... Read more »

Kenya: ubukene bwatumye afata umwanzuro wo kugurisha impyiko ye.

Umugabo wo muri Kenya, abinyujije muri videwo yashyize ku rubuga rwa X izwi cyane nka Twitter, yavuze ko ashaka umukiriya wamugurira impyiko ye kuri Miliyoni 350 z’Amashilingi ya Kenya. Ni ukuvuga agera... Read more »

Ababyeyi be bamutereranye kubera kuba mubi, Nyuma y’imyaka, Yabishyuye Uruzinduko rutunguranye.

Tutitaye ku buryo umwana asa, bakwiriye gukundwa no kwitabwaho. Ikibabaje, ntabwo byari bimeze ku muhungu Kyle wo muri Iyi nkuru. Ababyeyi be babyitwayemo bamubonye akimara kuvuka byarabababaje baramutererana. Amaherezo, baramutaye. Ariko nyuma... Read more »

Imanzi y’umugabo w’imyaka 71 yamaze imyaka 55 yihisha abagore, yubaka uruzitiro runini ruzengurutse urugo rwe.

Umugabo wakomeje kuba imanzi kugeza afite imyaka 71 yabashije kwikingira, Azitira urugo rwe imyaka isaga 55 kugirango yirinde abagore adatakaza ubumanzi bwe hakiri kare. Callitxe Nzamwita yubatse uruzitiro rwa metero 15 ruzengurutse... Read more »