
Mu isi yose, Abazungu cyangwa Abirabura twese duhuje ibirenge, ibyobirenge byacu bigabanyijwe mu bwoko bune(4) tugendeye ku buryo amano atondetswe ku kirenge. Na none kandi ibirenge bishobora gushyirwa mu byiciro hagendewe kuri... Read more »

Uburyo bwo kuba umuntu yatwitira undi bizwi nka ’Surrogacy’ bwamamaye mu bihugu byateye imbere, bwifashishwa n’abagore bafite ibibazo bitandukanye bituma badashobora gusama cyangwa gutwita inda ngo umwana azashobore kuvuka ari muzima, ubu... Read more »

Muri Kenya hagiye gushyirwaho umusoro w’injangwe ku bazitunze bose ndetse nazo zikajya zibanza kwandikishwa mu irangamimerere y’umuryango, mbere yo kuzitunga mu rugo. Kugeza ubu abatuye i Nairobi mu gihugu cya Kenya basanzwe... Read more »

Ntukibeshye ngo utekereze ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina... Read more »

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa... Read more »

Lina Medina, umukobwa ukiri muto ukomoka muri Peru yari akiri umwana ubwe igihe yibarukaga umwana w’umuhungu mu 1939, urubanza rukomeye rukaba rukomeje kuba amayobera atarakemuka kugeza na n’ubu. Impungenge zatangiye kwiyongera igihe... Read more »

Sobanukirwa : Ese koko abantu bagenda bihuta cyane mu muhanda cyangwa n’ahandi hantu baba bagira ibyishimo bicye mu buzima cyangwa amahirwe macye. Ubushakashatsi bwerekanye ko uko umuntu ugenda gahoro cyangwa yihuta biba... Read more »

Burya umuhungu iyo agiye gukunda umukobwa agira ibyo agenderaho bye byihariye ariko twabahitiyemo kubarebera ibintu abahungu benshi bahuriraho iyo bagiye guhitamo umukobwa bakundana. 1.Imiterere y’umugore cyangwa umukobwa Aha ni ukuvuga isura ye... Read more »

Ntibisanzwe Imbwa yitwa Cecil yihereranye amafaraariye ibyo kurya bihenze cyane bihagaze amafaranga asaga $4,000 yose muri Leta zunze Ubumwe za Amerika muri Pittsburgh. Umuryango umwe muri Leta zunze Ubumwe za Amerika mu... Read more »

Umugabo wo muri Kenya, abinyujije muri videwo yashyize ku rubuga rwa X izwi cyane nka Twitter, yavuze ko ashaka umukiriya wamugurira impyiko ye kuri Miliyoni 350 z’Amashilingi ya Kenya. Ni ukuvuga agera... Read more »