Ubuzima: Impungenge kuri Kanseri y’umuhogo yaterwa n’ubusambanyi bukorewe mu kanwa .

Uko hirya no hino ku Isi dutuye ingeso y’ubusambanyi ikomeza kugenda ifata indi ntera ni nako ababukora bakomeje kongeramo uburyo bushya bwo kubikora nyamara ariko butavugwaho rumwe n’ababirebera kure ndetse n’inzobere mu... Read more »

Kayonza: Yatawe muri yombi, Nyuma yo gufatwa abaga imbwa akazikoramo Brouchette acuruza.

Mu kagari ka Kayonza, Umurenge wa Mukarange, Nsengimana Gapira w’imyaka 22 yafashwe ari kubaga imbwa aho bivugwa ko yotsaga brouchette akazigurisha kuri make. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 Ukwakira 2023,... Read more »

Wikerensa iki kibazo, Niba usonanukiwe ibi byago giteza ku buzima.

Ishinya nziza idafite ibibazo byo kubyimba no kurwara ni kimwe mu bimenyetso byiza by’imibereho myiza ya muntu muri rusange, Akaba ariyo mpamvu isuku yayo n’umutekano biba bigomba kwitabwaho umunsi ku wundi. Inzobere... Read more »

Masaka: Hafunguwe ku mugaragaro inyubako nziza, y’ikigo cy’ubushakashatsi ku ndwara ya Kanseri.

Mu karere ka Kicukiro, i Masaka huzuye inyubako nziza cyane izakora serivisi z’ubushakashatsi ndetse ndetse n’amahugurwa ku ndwara yugarije abantu ya Kanseri. Igikorwa cyo gufungura no gutaha iyi nyubako nshya cyabaye kuri... Read more »