
Umubyeyi w’umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye cyane nka The Ben mu muziki nyarwanda na Green P, yitabye Imana azize uburwayi muri iri joro ryo kuwa gatanu tariki ya 18 Kanama 2023. Umubyeyi ubyara... Read more »

Kuri uyu wa gatanu, Perezida Paul Kagame yakiriye umuhanzi wo muri Nigeria Davido, ugomba gutaramira abanyarwanda mu iserukiramuco rya ‘Giants Of Africa} kuri uyu gatandatu, mu biro bye {Village Urugwiro} Kuri uyu... Read more »

Mu mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y’umugabo wakoze agashya arongora indaya, asaba umugore we iyo fagitire y’indaya kuko ari we wabiteye. Nyuma yo kumara iminsi itatu abwira umugore we witwa KANZAYIRE ko... Read more »

Muri iyi minsi abagore bahawe ijambo mu muzego zitandukanye , ariko by’umwihariko mu murimo w’Imana aho usanga basigaye bakunzwe cyane ku rwego rwo hejuru mu ivugabutumwa. Muri iyinkuru tugiye kugaruka ku bagore... Read more »

Umuyobozi w’umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence, yatangaje ko imiryango 3131 ituye ahantu hashyira ubuzima bwayo mu kaga ku buryo ari ngombwa cyane ko yimuka cyangwa ikimurwa ukwezi kwa Nzeri 2023 guteganyijwemo imvura... Read more »

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda iravuga ko kuri uyu wa Gatatu mu Karere ka Kamonyi mu murenge wa Gacurabwenge habereye impanuka yo mu muhanda ikanganye ariko ntihagira umuntu... Read more »