
Umukinnyi wa Manchester United,Alejandro Garnacho yishimiye ivuka ry’umwana we w’imfura yabyaranye n’umukunzi we Eva Garcia. Uyu rutahizamu ufite imyaka 19, yemeje aya makuru ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ko umuhungu we Enzo Garnacho... Read more »

Irebere uburanga bwa Leila Frojo umukobwa wabyawe n’ibyamamare , Nziza Désire na Natacha, uyumunsi yujuje imyaka 18 Umukobwa w’umuhanzikazi wi Burundi Natacha Ngendabanka uyumunsi yujuje imyaka 18, uyu mukobwa ubarizwa k’umugabane wi... Read more »

Amashusho y’umugabo byavugwaga ko ari umukozi w’Imana, wagaragaje imbaraga z’Uhoraho ubwo yari mu ruzitiro rw’intare azagaza, nk’uko Daniel wo muri Bibiliya yaguye mu rwobo rw’intare ariko ntihagira inamutunga ijanja. Ukuri kw’aya mashusho... Read more »

Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, iratangaza ko abapolisi babiri bari kuri moto bava mu Karere ka Muhanga berekeza mu Karere Ruhango, baguye mu mpanuka ya moto yagonze ikamyo yapfiriye mu muhanda. Ni impanuka... Read more »

Gukomannya ibirahuri, amacupa, ibikombe, cyangwa inkongoro mbere yo gusangira icyo kunywa, ni ibintu bihuriweho na benshi mu mico itandukanye, kandi ugasanga igisobanuro rusange nta kindi usibye kuba ari ikimenyetso cyo kwishimirana hagati... Read more »

Umukinnyi Lamine Yamal yanditse amateka yo kuba umukinnyi muto ukinnye Champions League, ku myaka 16 n’iminsi 83 akuyeho agahigo ka Celestine Babayaro ko mu 1994/95. Yamine Lamal yabanje mu kibuga mu mukino... Read more »

Mu rukundo habamo guhangana byiza aho umusore akora uko ashoboye kugira ngo yigarurire umutima w’umukobwa ku buryo ashobora kumwambura abandi. Uwo mukobwa nagerwaho n’ibikorwa byawe, byanga bikunze azagukunda kandi uzaguma ube uwe... Read more »

Ubushakashatsi bwagaragaje ko gufata umwanzuro wo kogosha umusatsi ku bakobwa n’abagore, ari ikimenyetso simusiga cy’agahinda gakabije baba bafite. Ngo ababikora babifata nko kuba bagiye kugira intangiriro nshya y’ubuzima bwabo, gusa abandi bakabiterwa... Read more »

Inzobere mu bagaragaje igihe imibonano mpuzabitsina igomba kumara – kandi impuzandengo y’igihe bahurijeho ni nto cyane ugereranyije nuko bamwe babitekereza. Dr. Sonya Maya, inzobere mu by’imitekerereze ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina, kuva i... Read more »

Mu karere ka Arumeru mu Ntara ya Arusha, muri Tanzania hashyizweho amabwiriza avuga ko abakobwa bambara amajipo magufi n’abasore basuka imisatsi, bazajya bacibwa amande angana n’ibihumbi 50 by’amashilingi. Nkuko tubikesha Ibiro Ntaramakuru... Read more »