
Umuziki nyarwanda ugenda ugira ikibazo cyo kuba urimo abakobwa bake ndetse n’ababashije kubaka amazina afatika bakawutera umugongo mu buryo budafututse n’abandi bakawukora biguru ntege. Ariko na none hari bamwe muri bo bahagaze... Read more »

Ibitaramo bihuza abahanzi Nyarwanda bya Iwacu Muzika Festival bizenguruka intara bigahuza abahanzi Nyarwanda byaje mu isura nshya aho MTN yabaye umuterankunga wabyo mukuru bihindurirwa izina byitwa “MTN Iwacu Muzika Festival” Mu kiganiro... Read more »

Ku bufatanye bw’Ibigo bibiri bikora ibijyanye n’ubwikorezi bw’ibintu no gutwara abantu, mu Rwanda hatangijwe ikoreshwa ry’utugare na moto nto bikoresha amashanyarazi, aho uyu mwaka uzasiga nibura hamaze kuza ibigera muri 500.Ni amasezerano... Read more »

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aho Gaspard Twagirayezu yagizwe Minisitiri w’Uburezi mu gihe Dr. Valentine Uwamariya yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango. Maj Gen Albert Murasira wahoze ari Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda,... Read more »

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda utangaza ko mu gihe bitashyirwamo ingufu zifatika Bibiliya Yera na Bibiliya Ntagatifu zishobora kuba nke mu Rwanda ndetse igiciro cyazo kigakomeza gutumbagira ku isoko. BSR ivuga ko... Read more »

Umubyeyi w’umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye cyane nka The Ben mu muziki nyarwanda na Green P, yitabye Imana azize uburwayi muri iri joro ryo kuwa gatanu tariki ya 18 Kanama 2023. Umubyeyi ubyara... Read more »

Kuri uyu wa gatanu, Perezida Paul Kagame yakiriye umuhanzi wo muri Nigeria Davido, ugomba gutaramira abanyarwanda mu iserukiramuco rya ‘Giants Of Africa} kuri uyu gatandatu, mu biro bye {Village Urugwiro} Kuri uyu... Read more »

Mu mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y’umugabo wakoze agashya arongora indaya, asaba umugore we iyo fagitire y’indaya kuko ari we wabiteye. Nyuma yo kumara iminsi itatu abwira umugore we witwa KANZAYIRE ko... Read more »

Muri iyi minsi abagore bahawe ijambo mu muzego zitandukanye , ariko by’umwihariko mu murimo w’Imana aho usanga basigaye bakunzwe cyane ku rwego rwo hejuru mu ivugabutumwa. Muri iyinkuru tugiye kugaruka ku bagore... Read more »

Umuyobozi w’umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence, yatangaje ko imiryango 3131 ituye ahantu hashyira ubuzima bwayo mu kaga ku buryo ari ngombwa cyane ko yimuka cyangwa ikimurwa ukwezi kwa Nzeri 2023 guteganyijwemo imvura... Read more »