
Kuri uyu wa kane,tariki ya 17 Kanama, umugabo uri mu myaka yo hagati yitwitse aragurumana i Mombasa ubwo yari mu myigaragambyo yamagana izamuka rikomeye ry’ibiciro byugarije miliyoni z’Abanyakenya. Muri videwo iteye ubwoba... Read more »

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports, bwemeje ko umutoza uzungiriza Yemen Zelfani yamaze kugera mu Rwanda aho aje gutangira akazi muri iyi kipe. Nyuma yo kubona umutoza mukuru n’uwongerera imbaraga abakinnyi, ikipe ya... Read more »

Akanama gashinzwe imyitwarire muri FIFA kandikiye ikipe ya Kiyovu Sports ibaruwa iyimenyesha ko yemerewe kugura abakinnyi, kuko icyemezo cyari cyafashwe cyavuyeho. FIFA ivuga ko abakinnyi bari bareze Kiyovu ko yabambuye, bayimenyesheke jo... Read more »

Mugisha François Master ukina hagati muri Rayon Sports, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Ikirezi,mu muhango wabereye i Kampala muri Uganda. Amakuru ISIMBI dukesha iyi nkuru yamenye ni uko uyu muhango wo gusezerana... Read more »

Hari abagabo ujya wumva bijujutira abagore cyangwa abakobwa batandukanye ngo ntibabubaha ugasanga impamvu barazishakira ku gitsina gore. Nyamara ukuri ni uko umuntu wese akubaha kuko witwara neza ugaharanira kubahwa kandi ibi ntibisaba... Read more »

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kanama 2023, nibwo Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria, David Adeleke uzwi ku izina rya Davido yasesekaye ku kibuga cy’indege cya Kanombe... Read more »

Kuri wa gatatu,tariki ya 16 Kanama 2023, Abayisilamu bo mu burasirazuba bwa Pakisitani bakoze urugomo rukomeye kubera ibirego bivuga ko umugabo w’umukirisitu yasuzuguye Korowani. Aba bayisilamu bariye karungu basenye inzu y’uyu mugabo,batwika... Read more »

Umugabo yemeje ko yarakaye kandi yagize ipfunwe nyuma y’aho umugore we wari ugiye gupfa yamusabye kuryamana n’uwahoze ari umukunzi we ’inshuro imwe gusa’. Uyu mugabo yavuze ko iki cyifuzo cyamuteye kumva ahemukiwe... Read more »

Polisi yo mu gace kitwa Chipangali muri Zambia yataye muri yombi umusaza w’imyaka 75 wo mu mudugudu wa Mpalakunjala mu karere ka Chipangali azira gutamika igitsina umukobwa w’imyaka 14. Umuyobozi wa Polisi... Read more »

Muri iyi minsi abagore bahawe ijambo mu muzego zitandukanye , ariko by’umwihariko mu murimo w’Imana aho usanga basigaye bakunzwe cyane ku rwego rwo hejuru mu ivugabutumwa. Muri iyinkuru tugiye kugaruka ku bagore... Read more »