Umugore uri hafi gupfa yasabye umugabo we ko yamureka akaryamana n’uwo bahoze bakundana

Umugabo yemeje ko yarakaye kandi yagize ipfunwe nyuma y’aho umugore we wari ugiye gupfa yamusabye kuryamana n’uwahoze ari umukunzi we ’inshuro imwe gusa’. Uyu mugabo yavuze ko iki cyifuzo cyamuteye kumva ahemukiwe... Read more »

Polisi yafunze umusaza wafashwe ari kwinjiza igitsina mu kanwa k’umwana

Polisi yo mu gace kitwa Chipangali muri Zambia yataye muri yombi umusaza w’imyaka 75 wo mu mudugudu wa Mpalakunjala mu karere ka Chipangali azira gutamika igitsina umukobwa w’imyaka 14. Umuyobozi wa Polisi... Read more »

Bamwe bari INDAYA abandi bahora muma CLUB !Dore abavugabutumwa 4 b’Abagore bakunzwe cyane mu Rwanda

Muri iyi minsi abagore bahawe ijambo mu muzego zitandukanye , ariko by’umwihariko mu murimo w’Imana aho usanga basigaye bakunzwe cyane ku rwego rwo hejuru mu ivugabutumwa. Muri iyinkuru tugiye kugaruka ku bagore... Read more »

Junior Giti yagaragaje amarangamutima y’uruvange aterwa na tariki ya 17 Kanama

Kuwa 17 Kanama 2023, ni umunsi w’amagorane kuri Bugingo Bonny wamamaye nka Junior Giti mu gusobanura filimi, kuko ariwo munsi umukobwa we w’imfura yavutse , ukaba kandi umunsi mukuru we Nkusi Thomas... Read more »

Kigali:Imiryango isaga 3000 yasabwe kwimuka byihuse umuhindo utaraza

Umuyobozi w’umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence, yatangaje ko imiryango 3131 ituye ahantu hashyira ubuzima bwayo mu kaga ku buryo ari ngombwa cyane ko yimuka cyangwa ikimurwa ukwezi kwa Nzeri 2023 guteganyijwemo imvura... Read more »

Kamonyi: Ikamyo yagonze imodoka itwara abagenzi Imana ikinga ukuboko

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda iravuga ko kuri uyu wa Gatatu mu Karere ka Kamonyi mu murenge wa Gacurabwenge habereye impanuka yo mu muhanda ikanganye ariko ntihagira umuntu... Read more »

’The Mane Music’ ya Bad Rama yaba yarahombye?

Bad Rama witegura gufungura ishami rya The Mane Music muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize avuga ku idindira ry’ibikorwa by’iyi nzu ifasha abahanzi i Kigali, ahamya ko ubu aribwo abantu bagiye... Read more »

Abafana bahawe amahirwe yo kuzasabana n’abarimo Davido na Tiwa Savage

Abazitabira ibirori byo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’ bahawe amahirwe yo kuzatsindira itike yo gusabana n’abahanzi bazatarama muri ibi birori biteganyijwe kubera muri BK Arena ku wa 19 Kanama 2023. Nkuko... Read more »