Junior Giti yagaragaje amarangamutima y’uruvange aterwa na tariki ya 17 Kanama

Kuwa 17 Kanama 2023, ni umunsi w’amagorane kuri Bugingo Bonny wamamaye nka Junior Giti mu gusobanura filimi, kuko ariwo munsi umukobwa we w’imfura yavutse , ukaba kandi umunsi mukuru we Nkusi Thomas... Read more »

Kigali:Imiryango isaga 3000 yasabwe kwimuka byihuse umuhindo utaraza

Umuyobozi w’umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence, yatangaje ko imiryango 3131 ituye ahantu hashyira ubuzima bwayo mu kaga ku buryo ari ngombwa cyane ko yimuka cyangwa ikimurwa ukwezi kwa Nzeri 2023 guteganyijwemo imvura... Read more »

Kamonyi: Ikamyo yagonze imodoka itwara abagenzi Imana ikinga ukuboko

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda iravuga ko kuri uyu wa Gatatu mu Karere ka Kamonyi mu murenge wa Gacurabwenge habereye impanuka yo mu muhanda ikanganye ariko ntihagira umuntu... Read more »

’The Mane Music’ ya Bad Rama yaba yarahombye?

Bad Rama witegura gufungura ishami rya The Mane Music muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize avuga ku idindira ry’ibikorwa by’iyi nzu ifasha abahanzi i Kigali, ahamya ko ubu aribwo abantu bagiye... Read more »

Abafana bahawe amahirwe yo kuzasabana n’abarimo Davido na Tiwa Savage

Abazitabira ibirori byo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’ bahawe amahirwe yo kuzatsindira itike yo gusabana n’abahanzi bazatarama muri ibi birori biteganyijwe kubera muri BK Arena ku wa 19 Kanama 2023. Nkuko... Read more »