
Gukomannya ibirahuri, amacupa, ibikombe, cyangwa inkongoro mbere yo gusangira icyo kunywa, ni ibintu bihuriweho na benshi mu mico itandukanye, kandi ugasanga igisobanuro rusange nta kindi usibye kuba ari ikimenyetso cyo kwishimirana hagati... Read more »

Umukinnyi Lamine Yamal yanditse amateka yo kuba umukinnyi muto ukinnye Champions League, ku myaka 16 n’iminsi 83 akuyeho agahigo ka Celestine Babayaro ko mu 1994/95. Yamine Lamal yabanje mu kibuga mu mukino... Read more »

Ubushakashatsi bwagaragaje ko gufata umwanzuro wo kogosha umusatsi ku bakobwa n’abagore, ari ikimenyetso simusiga cy’agahinda gakabije baba bafite. Ngo ababikora babifata nko kuba bagiye kugira intangiriro nshya y’ubuzima bwabo, gusa abandi bakabiterwa... Read more »

Inzobere mu bagaragaje igihe imibonano mpuzabitsina igomba kumara – kandi impuzandengo y’igihe bahurijeho ni nto cyane ugereranyije nuko bamwe babitekereza. Dr. Sonya Maya, inzobere mu by’imitekerereze ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina, kuva i... Read more »

Mu karere ka Arumeru mu Ntara ya Arusha, muri Tanzania hashyizweho amabwiriza avuga ko abakobwa bambara amajipo magufi n’abasore basuka imisatsi, bazajya bacibwa amande angana n’ibihumbi 50 by’amashilingi. Nkuko tubikesha Ibiro Ntaramakuru... Read more »

Muri iyi minsi mu Rwanda hari gahunda ya Tunywe less murwego rwo gukangurira abantu kunywa murugero, arinako leta yafashe ingamba zo kugabanya amasaha yo kuba utubari dukora mugicuku. nubwo habayeho izo ngamba... Read more »

Umuhanzi Rugamba Yverry [Yverry] yashyize ahagaragara amashusho y’indirimbo ye nshya “Njyenyine” yakoranye na Butera Knowless. Ibaye indirimbo ya mbere aba bombi bakoranye nyuma y’igihe buri umwe ari mu muziki. Yverry yaherukaga gusohora... Read more »

Mutesi Jolly wabaye Miss w’u Rwanda, yagize icyo avuga ku mashusho amaze iminsi acicikana bivugwa ko ari umugabo wari ugiye kwica agonze umugore we, avuga ko ibi bidakwiye kwihanganirwa. Ni amashusho amaze... Read more »

Polisi y’Igihugu yatangaje ko igiye gushyira ibyapa biranga ahari Camera zo mu muhanda mu rwego rwo gukuraho urujijo. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Ukwakira 2023, mu kiganiro polisi... Read more »

Umuririmbyi w’Umunyarwanda ,The Ben yageze ku Kibuga mpuzamahanga cy’indege cyitiriwe Melechior Ndadaye yakirwa mu cyubahiro . Yabyiniwe n’abakaraza banabyinnye. Ni ibintu bisanzwe bikorerwa abanyacyubahiro barimo ba Perezida. The Ben wanditse amateka yo... Read more »