
Umuhanzi Rugamba Yverry [Yverry] yashyize ahagaragara amashusho y’indirimbo ye nshya “Njyenyine” yakoranye na Butera Knowless. Ibaye indirimbo ya mbere aba bombi bakoranye nyuma y’igihe buri umwe ari mu muziki. Yverry yaherukaga gusohora... Read more »

Mutesi Jolly wabaye Miss w’u Rwanda, yagize icyo avuga ku mashusho amaze iminsi acicikana bivugwa ko ari umugabo wari ugiye kwica agonze umugore we, avuga ko ibi bidakwiye kwihanganirwa. Ni amashusho amaze... Read more »

Polisi y’Igihugu yatangaje ko igiye gushyira ibyapa biranga ahari Camera zo mu muhanda mu rwego rwo gukuraho urujijo. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Ukwakira 2023, mu kiganiro polisi... Read more »

Umuririmbyi w’Umunyarwanda ,The Ben yageze ku Kibuga mpuzamahanga cy’indege cyitiriwe Melechior Ndadaye yakirwa mu cyubahiro . Yabyiniwe n’abakaraza banabyinnye. Ni ibintu bisanzwe bikorerwa abanyacyubahiro barimo ba Perezida. The Ben wanditse amateka yo... Read more »

Umuhanzi Nemeye Platini [Platini Baba] yahuje imbaraga na mugenzi we Kirenga Gad bakorana indirimbo bise “Ijana ku ijana”ikangurira Abanyarwanda kwisanisha n’imigirire ya Perezida Kagame ugejeje u Rwanda ahifuzwa. Iyi ndirimbo y’iminota 3... Read more »

Umuhanzikazi ukunzwe n’abatari bake Zuchu yatangaje ko uwitwa Diamond Platnumz ariwe wamutwaye ubusugi. Ibi byabaye mu kiganiro cyabaye, ubwo umunyamakuru wa Wasafi Tv yasangaga Diamond Platnumz na Zuchu mu cyumba cya Hotel... Read more »

Ubuyobozi bwa Shalom Choir yo mu Itorero ADEPR bwatangaje ko kwinjira byagizwe ubuntu mu gitaramo kigamije kwigisha abantu ko nta muntu uruhura uretse Yesu Kristo. Perezida wa Shalom Choir Ngendahimana Gaspard irimo... Read more »

Jean de Dieu Harerimana, uzwi mu muziki nka JDK, wamamaye mu ndirimbo yise “Hinga Kinyamwuga”, arakataje mu ndirimbo z’urukundo aho yamaze gushyira hanze iya kabiri yise “Special Night”. Indirimbo “Special Night” ya... Read more »

Umuziki nyarwanda ugenda ugira ikibazo cyo kuba urimo abakobwa bake ndetse n’ababashije kubaka amazina afatika bakawutera umugongo mu buryo budafututse n’abandi bakawukora biguru ntege. Ariko na none hari bamwe muri bo bahagaze... Read more »

Amakuru yigurwa ry’iyi filimi yatangajwe ku wa, Kane tariki 7 Nzeri 2023 mu muhango wo gutangaza filimi nshya Canal + yitegura gushyira hanze mu minsi iri mbere. Iyi filimi iri mu zikunzwe... Read more »