Umukecuru Ati ndishyura $ 15,000 buri kwezi ku muntu uwo ari we wese, uzandongora.

Umudamu wo muri Gana yahaye umugabo uwo ari we wese ku Isi, Ushaka kumurongora amafaranga ya y’amanyegana angana na GHc25.000 mu cyumweru ariko akagomba kuba yujuje ibisabwa bishakwa n’uyu mudamu. Uyu mudamu... Read more »

Uburyo 15, Abakobwa n’Abagore bakoresha basuzuma ko, Abahungu babakunda bya nyabyo.

Abagore benshi bakunze kugerageza imbaraga z’umubano barimo, Kugirango bamenye neza niba mugenzi wabo, Ari mu bwoko bw’Abasore cyangwa Abagabo bifuzaga ndetse baha agaciro, Ahanini banashaka kumenya imico yabo, no gusuzuma uburyo bitondera... Read more »

Jason Derulo arashinjwa kugerageza, kurya bango umuhanzikazi mushya afasha.

Uyu muhanzikazi mu njyana ya R&B witwa Emaza Gibson tanze ibirego bye avuga ko Jason Derulo yamusinyishije amasezerano yanditse muri Label y’umuziki agamije kuryamana nawe gusa kuko ngo nta rundi rukundo ajya... Read more »

Amafoto: Umugore yafotowe atabizi ari gushyira ikariso ye mu biryo yari atekeye umugabo

Nyuma y’amashusho yashyizwe hanze ndetse akaba kimomo y’Umugore wafashwe ari gushyira ikariso ye mu nkono y’ibiryo yari atetse, abantu benshi bo muri afurika ndetse no hanze yayo, bafashe umwanya munini cyane bayibazaho... Read more »

Umukobwa watewe inda ataruzuza imyaka yiyahuye akoresheje ikariso ngo atavuga uwayimuteye,menya ibyamubayeho

Igipolisi cyo mu gihugu cya Kenya cyatabaye mu maguru mashya umukobwa uherutse gufunganwa na mugenzi we kubera ko bashatse umugabo bataruzuza imyaka y’ubukure, maze nawe agahitamo gushaka kwiyahurira muri Kasho akoresheje ikariso.... Read more »

Ubuhinde: Abana b’abakobwa bambaye ubusa buri buri bajya mu muhanda basaba imvura

Abakobwa bakiri bato mu Gihugu cy’u Buhinde bambuwe imyenda yabo bakoreshwa urugendo bambaye ubusa. Ni kimwe mu bigize imihango yo gusaba imvura mu karere kamwe ko muri iki gihugu. Ibi nkuko BBC... Read more »

Menya ukuri kw’amashusho y’uwiswe Umupasiteri wagaragaye yagaza Intare yigana ibitangaza byo muri Bibiliya

Amashusho y’umugabo byavugwaga ko ari umukozi w’Imana, wagaragaje imbaraga z’Uhoraho ubwo yari mu ruzitiro rw’intare azagaza, nk’uko Daniel wo muri Bibiliya yaguye mu rwobo rw’intare ariko ntihagira inamutunga ijanja. Ukuri kw’aya mashusho... Read more »

Gukomanya ibirahuri mbere yo gusangira bisobanura iki?

Gukomannya ibirahuri, amacupa, ibikombe, cyangwa inkongoro mbere yo gusangira icyo kunywa, ni ibintu bihuriweho na benshi mu mico itandukanye, kandi ugasanga igisobanuro rusange nta kindi usibye kuba ari ikimenyetso cyo kwishimirana hagati... Read more »

Kogosha umusatsi ku bakobwa n’abagore nk’ikimenyetso cy’agahinda gakabije

Ubushakashatsi bwagaragaje ko gufata umwanzuro wo kogosha umusatsi ku bakobwa n’abagore, ari ikimenyetso simusiga cy’agahinda gakabije baba bafite. Ngo ababikora babifata nko kuba bagiye kugira intangiriro nshya y’ubuzima bwabo, gusa abandi bakabiterwa... Read more »

Umuhanga mu by’imibonano mpuzabitsina yavuze igihe nyacyo igomba kumara ku mugabo muzima

Inzobere mu bagaragaje igihe imibonano mpuzabitsina igomba kumara – kandi impuzandengo y’igihe bahurijeho ni nto cyane ugereranyije nuko bamwe babitekereza. Dr. Sonya Maya, inzobere mu by’imitekerereze ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina, kuva i... Read more »