
Umudamu wo muri Gana yahaye umugabo uwo ari we wese ku Isi, Ushaka kumurongora amafaranga ya y’amanyegana angana na GHc25.000 mu cyumweru ariko akagomba kuba yujuje ibisabwa bishakwa n’uyu mudamu. Uyu mudamu... Read more »

Abagore benshi bakunze kugerageza imbaraga z’umubano barimo, Kugirango bamenye neza niba mugenzi wabo, Ari mu bwoko bw’Abasore cyangwa Abagabo bifuzaga ndetse baha agaciro, Ahanini banashaka kumenya imico yabo, no gusuzuma uburyo bitondera... Read more »

Uyu muhanzikazi mu njyana ya R&B witwa Emaza Gibson tanze ibirego bye avuga ko Jason Derulo yamusinyishije amasezerano yanditse muri Label y’umuziki agamije kuryamana nawe gusa kuko ngo nta rundi rukundo ajya... Read more »

Nyuma y’amashusho yashyizwe hanze ndetse akaba kimomo y’Umugore wafashwe ari gushyira ikariso ye mu nkono y’ibiryo yari atetse, abantu benshi bo muri afurika ndetse no hanze yayo, bafashe umwanya munini cyane bayibazaho... Read more »

Igipolisi cyo mu gihugu cya Kenya cyatabaye mu maguru mashya umukobwa uherutse gufunganwa na mugenzi we kubera ko bashatse umugabo bataruzuza imyaka y’ubukure, maze nawe agahitamo gushaka kwiyahurira muri Kasho akoresheje ikariso.... Read more »

Abakobwa bakiri bato mu Gihugu cy’u Buhinde bambuwe imyenda yabo bakoreshwa urugendo bambaye ubusa. Ni kimwe mu bigize imihango yo gusaba imvura mu karere kamwe ko muri iki gihugu. Ibi nkuko BBC... Read more »

Amashusho y’umugabo byavugwaga ko ari umukozi w’Imana, wagaragaje imbaraga z’Uhoraho ubwo yari mu ruzitiro rw’intare azagaza, nk’uko Daniel wo muri Bibiliya yaguye mu rwobo rw’intare ariko ntihagira inamutunga ijanja. Ukuri kw’aya mashusho... Read more »

Gukomannya ibirahuri, amacupa, ibikombe, cyangwa inkongoro mbere yo gusangira icyo kunywa, ni ibintu bihuriweho na benshi mu mico itandukanye, kandi ugasanga igisobanuro rusange nta kindi usibye kuba ari ikimenyetso cyo kwishimirana hagati... Read more »

Ubushakashatsi bwagaragaje ko gufata umwanzuro wo kogosha umusatsi ku bakobwa n’abagore, ari ikimenyetso simusiga cy’agahinda gakabije baba bafite. Ngo ababikora babifata nko kuba bagiye kugira intangiriro nshya y’ubuzima bwabo, gusa abandi bakabiterwa... Read more »

Inzobere mu bagaragaje igihe imibonano mpuzabitsina igomba kumara – kandi impuzandengo y’igihe bahurijeho ni nto cyane ugereranyije nuko bamwe babitekereza. Dr. Sonya Maya, inzobere mu by’imitekerereze ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina, kuva i... Read more »