Zelensky, yatangaje ko abasirikare ibihumbi 31 b’igihugu cye, bamaze gupfira mu ntambara

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko abasirikare ibihumbi 31 b’igihugu cye, bamaze gupfira mu ntambara yashojwe ku butaka bwe n’u Burusiya. Yavuze ko adashobora gutangaza imibare y’abakomeretse kuko byaba ari ugufasha... Read more »

1000 Hills Event igiye kwongera guhemba abagore bahize abandi mu bihembo bya “Rwanda Women in Business Awards

Ibihembo byiswe “Rwanda Women in Business Awards” bigiye gutangwa ku ncuro ya 3 mu Rwanda, abagore b’indashyikirwa bahize abandi mu kwiteza imbere no guteza imbere ibigo bakorera babishimirwe ku bufatanye bwa 1000... Read more »

Benshi mu rubyiruko bitiranya ibigezweho no guhemuka, Ubutumwa bwa GSB Kiloz mu ndirimbo ye nshya.

Umuhanzi wa Rap Iraguha Lando Fils uzwi cyane nka GSB Kiloz wumvikana cyane muri Old School, Yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Ibisekuru’ Acyeburamo Abajeune basigaye bitiranya ibigezweho no guhemukira abantu bacu. Uyu... Read more »

Umuryago w’Abaskuti mu Rwanda watangije icyumweru cyahariwe umuskuti

Kuva kuri uyu wa Gatandatu 17 kugeza 25 Gashyantare 2024, mu Rwanda hari kwizihizwa Icyumweru cyahariwe ubuskuti cyahawe insanganyamatsiko igira iti “MUSKUTI, GIRA URUHARE MU KWIMAKAZA UBUFATANYE BUGAMIJE IMBERE HEZA. Iki gikorwa... Read more »

Perezida Kagame  yagiranye ibiganiro na Perezida Ruto i Dubai

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Kenya, William Ruto, bagaruka ku mahirwe y’ishoramari agaragara mu bihugu byombi no ku bibazo by’umutekano mu Karere. Abakuru b’ibihugu bombi bahuriye i Dubai... Read more »

FARDC yamennye intwaro n’abasirikare benshi i Goma kugira ngo ibuze M23 kuhafata

Igisirikare cya Leta ya RDC aricyo FARDC gifatanyije na FDLR,Abacancuro,Ingabo z’u Burundi na Wazalendo,biravgwa ko basutse intwaro zikomeye i Goma kugira ngo bayirinde gufatwa na M23. Amakuru yagiye hanze kuri uyu wa... Read more »

“Ibihangano birimo Jay Polly si ibyo gukinisha”, Udukoryo twabaye mu gitaramo Green P yaririmbyemo. {Amafoto}

Umuraperi Green P wari ukumbuwe na benshi mu bakunzi be n’abinjyana ya Hip Hop muri rusange yaraye yongeye kwerekana ko ibyo akora ari impano imurimo ijana ku rindi. Uyu musore wari utegerejwe... Read more »

Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Pakisitani n’umugore we, bafunzwe bazira ruswa.

Imran Khan n’umugore we Bushra Bibi bafunzwe imyaka 14, igihano cya kabiri gihabwa uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Pakisitani mu minsi ibiri. Abashakanye bahamwe n’icyaha cyo kunguka mu buryo butemewe n’impano za... Read more »

Nyuma y’Ukwezi kumwe agarutse mu Rwanda, Green P Agiye kugaragara mu kindi gitaramo gikomeye.

Umuraperi uza ku isonga mu bami ba Hip Hop yo mu Rwanda RUKUNDO Elie wamamaye nka Green P yongeye gushing ibirindiro no kwigarurira imitima ya benshi nyuma y’ukwezi kumwe gusa ageze mu... Read more »

Yambariwe n’ibyamamare bitandukanye, Kimenyi Yves yasabye anakwa Miss Muyango Claudine. {Amafoto}

Umukinnyi wa AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Mutarama 2024, Yasabye anakwa Uwase Muyango Claudine mu muhango uri kubera mu Karere ka Gasabo mu murenge Gisozi... Read more »