Umuryango wa Pasteur Mpyisi wahakanye amakuru y’Urupfu

Umukambwe Pasiteri Ezra Mpyisi ni muzima bitandukanye n’amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yitabye Imana. Ni amakuru yatangiye gusakazwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza, gusa abayakwirakwizaga... Read more »

Zari The  Boss Lady yatumiye  Tanasha  Donna  mu gitaramo azakorera  I Kampala

Umushoramari akaba n’umunyamideli  Zari Hussein umaze kumenyekana cyane ku mbuga nkoranyambaga  kubera gukurikirwa n’abarenga miliyoni 11 bitunguranye  uyu mugore w’abana batanu  harimo abao yabyaranye  na Diamond  Platnumz yatumiye  Tanasha Donna  nawe wabaye ... Read more »

Burna Boy yanyuze kuri Diamond Plutnmuz mu kurebwa cyane ku rubuga rwa Youtube.

Umuhanzi w’igihangange muri Nigeria ndetse no muri Afurika muri rusange Burna Boy ukunze kwiyita “The Giant of Africa” yongeye kwandika andi mateka mu bahanzi bo muri Afurika yo mu nsi y’ubutayu bwa... Read more »

Massamba na Aline Gahongayire biyemeje kumenyekanisha u Rwanda kw’isi hose

Kuri iri cyumweru  tari ki ya  03  Ukuboza  2023  nibwo  Abahanzi  Massamba  Intore na Aline  Gahongayire  basazwe n’ibyishimo   byinshi  nyuma yo kumenyeshwa ko  bagizwe  ba  Brand Ambassadors  ba Gahunda  ya  “Rwanda  My... Read more »

Dj Dizzo  yongeye kuremba  asaba  abanyarwanda   kumusengera

Mutambuka Cedrick wamenyekanye nka Dj Dizzo ni umwe  mu basore bamenyakanye  hano mu Rwanda  ndetse no hanze  yaho mu bijyanye  no  kuvanga  umuziki  yongeye  kuremba  asaba abakunzi be amasengesho. Uyu  musore  mu... Read more »

TMC wamamaye muri Dream Boys ari i Kigali

Mujyanama Claude wamamaye nka TMC, umwe mu bahanzi bari bagize itsinda rya Dream Boys, ari kubarizwa i Kigali nyuma y’imyaka itatu yari amaze atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. TMC yageze... Read more »

Umunyamakuru wa Umurava.com Christian Mugwaneza yasabye aranakwa umukunzi we Taussi {Amafoto}

Mu birori byasaga neza cyane, MUGWANEZA Christian umunyamakuru, Umuhanzi akanaba umuyobozi wo gutunganya amashusho {Video Director and Editor wamenyekanye cyane ku izina rya Mu Chris yakoze ubukwe bw’agatangaza kuri uyu wa gatandatu... Read more »

“Flash Light Bar & Resto” ifatanje na “Belo Gang Music” bateguye ikindi gitaramo cya Hip Hop gikomeye.

Nyuma yuko bateguye ibitaramo bitandukanye byagaragayemo abaraperi bakomeye mu Rwanda ndetse bagasanga ko iyo njyana igikunzwe cyane mu bantu, Flash Light Bar & Resto ku bufatanye na “Belo Gang Entertainment” bakomeje izi... Read more »

The Ben Yakiriwe n’imbaga, Abari biteze umukunzi we Pamella ku kibuga bamubuze.

Icyamamare Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben nawe yasesekaye mu Rwanda akubutse mu gihugu cya Canada aho amaze gukorera igitaramo kimwe na mugenzi we Kenny Sol nawe waraye ageze mu Rwanda mu... Read more »

Bwa mbere yemeje ibyerekeye Umukunzi we, avuga ku ntambara ivugwa hagati ya The Ben na Bruce Melodie.

Umuhanzi Kenny Sol uri mu bahanzi bahiriwe cyane n’umuziki neza ndetse uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’uburasirazuba yagarutse i Kigali akubutse muri Canada muri gahunda y’Ibitaramo... Read more »