
Ntibisanzwe Imbwa yitwa Cecil yihereranye amafaraariye ibyo kurya bihenze cyane bihagaze amafaranga asaga $4,000 yose muri Leta zunze Ubumwe za Amerika muri Pittsburgh. Umuryango umwe muri Leta zunze Ubumwe za Amerika mu... Read more »

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Yago PonDat yatunguye benshi cyane mu gitaramo cye cyo kumurika Alubumu ye ya mbere “Suwejo” byumwihariko ku mpano yateguriye ababyeyi be ifite igisobanuro gihambaye. Kuri uyu wa gatanu tariki... Read more »

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Yago PonDat yatunguye benshi cyane mu gitaramo cye cyo kumurika Alubumu ye ya mbere “Suwejo” byumwihariko ku mpano yateguriye ababyeyi be ifite igisobanuro gihambaye. Kuri uyu wa gatanu tariki... Read more »

Uruganda rwa SKOL Brewery Ltd rusanzwe ari umuterankunga mukuru wa Rayon Sports yo mu kiciro cya mbere muri Shampiyona y’ U Rwanda rwahaye impano zikomeye ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Ferwacy. Iki... Read more »

Uburanga bwa Stade Amahoro imaze igihe iri gutunganywa buteye amabengeza kuri buri wese uyibonye, Amakuru meza ku banyarwanda bose bazayifashisha mu bijyanye n’imyidagaduro yose. Kugeza ubu Stade Amahoro imaze igihe kinini Minisiteri... Read more »

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben mu muziki nyarwanda abaye umwe mu bahanzi bahiriwe cyane n’impera z’umwaka wa 2023 ndetse yongera gushimangira ko ari umuhanzi w’abanyarwanda cyane kurusha uko ari uw’ibikorwa.... Read more »

Muri iki gihe cy’iminsi mikuru, impera za weekend, kuva tariki 15 Ukuboza, kugeza ku ya 07 Mutarama 2024 abakora ibikorwa by’imyidagaduro, abacuruza utubari na Hotel bemerewe gukora bugacya. Itangazo ryasohowe n’urwego rw’igihugu... Read more »

Umukambwe Pasiteri Ezra Mpyisi ni muzima bitandukanye n’amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yitabye Imana. Ni amakuru yatangiye gusakazwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza, gusa abayakwirakwizaga... Read more »

Umushoramari akaba n’umunyamideli Zari Hussein umaze kumenyekana cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera gukurikirwa n’abarenga miliyoni 11 bitunguranye uyu mugore w’abana batanu harimo abao yabyaranye na Diamond Platnumz yatumiye Tanasha Donna nawe wabaye ... Read more »

Umuhanzi w’igihangange muri Nigeria ndetse no muri Afurika muri rusange Burna Boy ukunze kwiyita “The Giant of Africa” yongeye kwandika andi mateka mu bahanzi bo muri Afurika yo mu nsi y’ubutayu bwa... Read more »