Reba amafoto menshi : Prince Kid yasabye anakwa Miss Iradukunda Elsa 

Prince Kid yasabye anakwa Iradukunda Elsa wabaye Miss Rwanda mu 2017 Ubu bukwe uwabwita ineza yiturwa indi ntiyaba abeshye Ni ibirori byari bitegerezanyijwe amatsiko na benshi dore ko inkuru y’urukundo rwa Iradukunda... Read more »

Umunyarwandakazi yagaragaje amafoto ye yambaye ubusa buriburi-AMAFOTO

Umunyarwandakazi witwa Rugambwa Isimbi Sylivine usanzwe akora akazi ko kwerekana imideli yashyize amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga biteza ibitekerezo mpaka kuri ayo mafoto kuko uyu mukobwa yagaragaje ko ayo mafoto yayafotowe n’umufotozi... Read more »

Reba udushya twaranze igitaramo Davido,Tiwa Savage na Melodie bakoze gisoza ’Giants of Africa’(Amafoto)

Abahanzi barangajwe imbere n’abanya-Nigeria Davido na Savage, Umunya- Afurika y’Epfo Tayla ndetse na Bruce Melodie bashimishije abitabiriye igitaramo cyo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa Festival’ ryaberaga mu Rwanda. Ni mu gitaramo... Read more »

The Ben na Green P, bari mu gahinda gakomeye ko gupfusha umubyeyi bitunguranye.

Umubyeyi w’umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye cyane nka The Ben mu muziki nyarwanda na Green P, yitabye Imana azize uburwayi muri iri joro ryo kuwa gatanu tariki ya 18 Kanama 2023. Umubyeyi ubyara... Read more »

Perezida Kagame yakiriye umuhanzi Davido muri Village Urugwiro. {Amafoto}

Kuri uyu wa gatanu, Perezida Paul Kagame yakiriye umuhanzi wo muri Nigeria Davido, ugomba gutaramira abanyarwanda mu iserukiramuco rya ‘Giants Of Africa} kuri uyu gatandatu, mu biro bye {Village Urugwiro} Kuri uyu... Read more »

Kigali hatashywe ishuri ryitiriwe umuhanzi Yvan Buravan (Amafoto)

Umuryango we, abahanzi bagenzi be, inshuti ze babanye, ababyeyi, abafana, abo mu nzego zinyuranye n’abakunze ibihangano bye n’abandi bahuriye mu muhango wo kwibuka no kuzirikana ubuzima buzima bwaranze umunyamuziki Yvan Buravan umaze... Read more »

Davido yasesekaye i Kigali

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kanama 2023, nibwo Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria, David Adeleke uzwi ku izina rya Davido yasesekaye ku kibuga cy’indege cya Kanombe... Read more »

Junior Giti yagaragaje amarangamutima y’uruvange aterwa na tariki ya 17 Kanama

Kuwa 17 Kanama 2023, ni umunsi w’amagorane kuri Bugingo Bonny wamamaye nka Junior Giti mu gusobanura filimi, kuko ariwo munsi umukobwa we w’imfura yavutse , ukaba kandi umunsi mukuru we Nkusi Thomas... Read more »

’The Mane Music’ ya Bad Rama yaba yarahombye?

Bad Rama witegura gufungura ishami rya The Mane Music muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize avuga ku idindira ry’ibikorwa by’iyi nzu ifasha abahanzi i Kigali, ahamya ko ubu aribwo abantu bagiye... Read more »

Abafana bahawe amahirwe yo kuzasabana n’abarimo Davido na Tiwa Savage

Abazitabira ibirori byo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’ bahawe amahirwe yo kuzatsindira itike yo gusabana n’abahanzi bazatarama muri ibi birori biteganyijwe kubera muri BK Arena ku wa 19 Kanama 2023. Nkuko... Read more »