Polisi y’Igihugu igiye gukora umukwabu wo gushaka liquor store na alimentations zahindutse utubari mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali.

Muri iyi minsi mu Rwanda hari gahunda ya Tunywe less murwego rwo gukangurira abantu kunywa murugero, arinako leta yafashe ingamba zo kugabanya amasaha yo kuba utubari dukora mugicuku. nubwo habayeho izo ngamba... Read more »

Yverry na Knowless basohoye indirimbo bakoranye -Video

Umuhanzi Rugamba Yverry [Yverry] yashyize ahagaragara amashusho y’indirimbo ye nshya “Njyenyine” yakoranye na Butera Knowless. Ibaye indirimbo ya mbere aba bombi bakoranye nyuma y’igihe buri umwe ari mu muziki. Yverry yaherukaga gusohora... Read more »

Miss Mutesi Jolly yagize icyo avuga ku mashusho yababaje benshi

Mutesi Jolly wabaye Miss w’u Rwanda, yagize icyo avuga ku mashusho amaze iminsi acicikana bivugwa ko ari umugabo wari ugiye kwica agonze umugore we, avuga ko ibi bidakwiye kwihanganirwa. Ni amashusho amaze... Read more »

Polisi igiye gushyira ibyapa biranga ahari ‘Camera’

Polisi y’Igihugu yatangaje ko igiye gushyira ibyapa biranga ahari Camera zo mu muhanda mu rwego rwo gukuraho urujijo. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Ukwakira 2023, mu kiganiro polisi... Read more »

GAKENKE: 30% by’urubyiruko ruvurirwa mu bitaro bya Nemba bafata imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA

Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nemba biherereye mu Karere ka Gakenke buvuga ko 30% kubarwayi bafata imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA. Ibi byose biravuhwa mu gace bareberera ari urubyiruko, rukaba rusabwa gufata... Read more »

RWANDA: RIB iri mu nama yo kwemeza ubufatanye n’ubwuzuzanye mu rwego rwo kubaka igihugu gitekanye

Aba Polisi bakorera mu Rwanda na RIB bari mu nama igamije gushimangira ubufatanye n’ubwuzuzanye mu rwego rwo kubaka igihugu gitekanye. Iyi nama yafunguwe ku mugaragaro na Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Alfred... Read more »

Umugore ukora muri Banki yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kurangira abajura umukiriya wabikuje menshi ngo bamwambure

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amashusho bivugwa ko ari ay’umukozi wo muri banki imwe muri Afurika y’Epfo,watezwe n’abaturage benshi baramukubita bamwambika ubusa bamushinja kubateza ibisambo. Uwashyize hanze amashusho y’uyu mugore yavuze ko... Read more »