Igitekerezo cya Musa Esenu cyo kongera amasezerano na Rayon Sports.

Rutahizamu wa Rayon Sports, Musa Esenu yavuze ku byiyumviro bye muri Rayon Sports ndetse no kubyo kongera amasezerano, niba yakongerwa cyangwa se akayarangiza agakomereza ahandi. Uyu mukinnyi ukomoka muri Uganda agomba gusoza... Read more »

Ibintu 7 byo kuzingatira uguca ukubiri n’amande yo mu mihanda ya Kigali, Igihe utwaye.

Kigali ni umwe mu mijyi ufite imodoka nyinshi cyane kandi usurwa na benshi baturutse hanze y’u Rwanda, ibinyabiziga bigenda mu mujyi buri munsi hamwe ari nako Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda... Read more »

Polisi y’u Rwanda iraburira abafite utubari, batubahiriza amasaha mashya yo gufunga.

Police y’ igihugu cy ’u Rwanda cyibukije abafite utubari mu Mujyi wa Kigali, Abamansuzi n’abandi bakora akazi kajyanye n’imyidagaduro kubahiriza amabwiriza agenga amasaha mashya yashyizweho yo gufunga utubari. Ni amabwiriza yashyizweho mu... Read more »

RIB yataye muri Yombi umunyamakuru Manirakiza Theogene wa Ukwezi, akurikiranweho ruswa.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza mu Rwanda, RIB, cyataye muri yombi umunyamakuru Manirakiza Theogene washinze ikinyamakuru Ukwezi akanagira umuyoboro wa YouTube witwa Ukwezi TV. aho akurikiranyweho ruswa Uyu Manirakiza watangije ikinyamakuru gikorera kuri... Read more »

Kayonza: Yatawe muri yombi, Nyuma yo gufatwa abaga imbwa akazikoramo Brouchette acuruza.

Mu kagari ka Kayonza, Umurenge wa Mukarange, Nsengimana Gapira w’imyaka 22 yafashwe ari kubaga imbwa aho bivugwa ko yotsaga brouchette akazigurisha kuri make. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 Ukwakira 2023,... Read more »

Floyd Mayweather yohereje indege muri Islael itwaye ubufasha.

Floyd Mayweather icyamamare mu mukino w’iteramakofe yohereje indege ye muri Israël yuzuyemo ubufasha bw’ibyo kurya, amazi, amakote adatoborwa n’amasasu, n’ibindi bitandukanye byo gufasha abari mu bikorwa by’ubutabazi n’abasirikare bari ku rugamba. Ibi... Read more »

Nyuma y’imyaka isaga 4, Kitoko yongeye kwataka mu muziki n’amacenga menshi.

Umuhanzi Kitoko usigaye atuye mu gabane w’uburayi, Wari warabuze mu muziki yaciye amarenga yo kugaruka nyuma yo gusoza ibyamuzitiraga muri izo gahunda zijyanye no gukora ibihangano bye. BIBARWA Patrick wamamaye nka Kitoko... Read more »

Eden Hazard yasezeye burundu kuri Ruhago ku myaka 32.

Umubiligi Eden Hazard wabaye umwataka mwiza wa Real Madrid, Chelsea yo mu bwongereza n’izindi yahisemo kudasaza yanduranya maze amanika inkweto ye yakinanaga mu kibuga ahagarika umupira w’amaguru ku myaka 32 y’amavuko. Uwahoze... Read more »

‘Pseudobulbar Affect’, Indwara itera umuntu guseka ubusa cyangwa akiriza, Uyiziho iki?

Indwara ya Pseudobulbar Affect (PBA), itera umuntu kutabasha kugenzura ibyiyumviro bye, Akarangwa no gaseka cyangwa akarira n’igihe bitari ngombwa, Uyiziho iki benshi ntibayi? Iyi ni indwara ishobora guterwa n’impamvu zitandukanye zirimo gukomereka... Read more »

Mu burakari buhambaye, Islael ishaka kurimbura Gaza burundu. Batayo zapanuye hose.

Umuvugizi w’igisirikare cya IDF, Richard Hecht yavuze ko igisirikare cya Isiraheli cyamaze kubaka ibirindiro bikomeye ku mupaka wayo na Gaza, bitegura ibitero by’ahazaza no kurinda bidasubirwaho ubusugire bw’igihugu cyabo. Ubwo twakoraga iyi... Read more »