Floyd Mayweather yohereje indege muri Islael itwaye ubufasha.

Floyd Mayweather icyamamare mu mukino w’iteramakofe yohereje indege ye muri Israël yuzuyemo ubufasha bw’ibyo kurya, amazi, amakote adatoborwa n’amasasu, n’ibindi bitandukanye byo gufasha abari mu bikorwa by’ubutabazi n’abasirikare bari ku rugamba. Ibi... Read more »

Nyuma y’imyaka isaga 4, Kitoko yongeye kwataka mu muziki n’amacenga menshi.

Umuhanzi Kitoko usigaye atuye mu gabane w’uburayi, Wari warabuze mu muziki yaciye amarenga yo kugaruka nyuma yo gusoza ibyamuzitiraga muri izo gahunda zijyanye no gukora ibihangano bye. BIBARWA Patrick wamamaye nka Kitoko... Read more »

Eden Hazard yasezeye burundu kuri Ruhago ku myaka 32.

Umubiligi Eden Hazard wabaye umwataka mwiza wa Real Madrid, Chelsea yo mu bwongereza n’izindi yahisemo kudasaza yanduranya maze amanika inkweto ye yakinanaga mu kibuga ahagarika umupira w’amaguru ku myaka 32 y’amavuko. Uwahoze... Read more »

‘Pseudobulbar Affect’, Indwara itera umuntu guseka ubusa cyangwa akiriza, Uyiziho iki?

Indwara ya Pseudobulbar Affect (PBA), itera umuntu kutabasha kugenzura ibyiyumviro bye, Akarangwa no gaseka cyangwa akarira n’igihe bitari ngombwa, Uyiziho iki benshi ntibayi? Iyi ni indwara ishobora guterwa n’impamvu zitandukanye zirimo gukomereka... Read more »

Mu burakari buhambaye, Islael ishaka kurimbura Gaza burundu. Batayo zapanuye hose.

Umuvugizi w’igisirikare cya IDF, Richard Hecht yavuze ko igisirikare cya Isiraheli cyamaze kubaka ibirindiro bikomeye ku mupaka wayo na Gaza, bitegura ibitero by’ahazaza no kurinda bidasubirwaho ubusugire bw’igihugu cyabo. Ubwo twakoraga iyi... Read more »

Saudi Arabia yasabye kuzakira igikombe cy’Isi cya 2034.

Igihugu cya Arabiya Sawudite cyashyikirije ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku isi FIFA, Ibaruwa yemewe isaba kwakira igikombe cy’Isi cya 2034 giherutse kubera muri Qatar. Iki gihugu cy’Ibwami cyatangaje bwa mbere ikifuzo cyo kwakira... Read more »

Wikerensa iki kibazo, Niba usonanukiwe ibi byago giteza ku buzima.

Ishinya nziza idafite ibibazo byo kubyimba no kurwara ni kimwe mu bimenyetso byiza by’imibereho myiza ya muntu muri rusange, Akaba ariyo mpamvu isuku yayo n’umutekano biba bigomba kwitabwaho umunsi ku wundi. Inzobere... Read more »

Ni gute Ubutasi n’ubwirinzi bukomeye bya Israel, byananiwe kuburizamo ibitero by’umutwe wa Hamas?

“Ntituzi ukuntu ibi byashoboye kubaho.” nk’igisubizo cy’Abategetsi bo muri Islael batanze gikomeje kwibazwaho na benshi bazi iki gihugu mu bijyanye na Politike ndetse n’ubutasi bukomeye ku Isi yose. Icyo ni cyo gisubizo... Read more »

Ikamyo y’ibinyobwa bya Bralirwa ihiriye i Musanze.

Ikamyo y’Uruganda rwenga Ibinyobwa bisembuye n’Ibidasembuye, Bralirwa, Yavaga i Rubavu yerekeza mu Mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi igeze mu Mujyi wa Musanze. Read more »

Islael yongeye gufatanamo n’umutwe wa Hamas hapfira Abanyapalestine 198, Abandi 1.000 barakomereka.

Leta ya Palesitine yatangaje ko byibuze abantu bayo basaga 198, Aribo bishwe abandi barenga 1.000 bagakomerekera mu myigaragambyo y’igitero cyagabwe n’indege za gisirikare muri Isiraheli mu ntara ya Gaza. Iyi myigaragambyo yatangijwe... Read more »