
Rutahizamu wa Rayon Sports, Musa Esenu yavuze ku byiyumviro bye muri Rayon Sports ndetse no kubyo kongera amasezerano, niba yakongerwa cyangwa se akayarangiza agakomereza ahandi. Uyu mukinnyi ukomoka muri Uganda agomba gusoza... Read more »

Kigali ni umwe mu mijyi ufite imodoka nyinshi cyane kandi usurwa na benshi baturutse hanze y’u Rwanda, ibinyabiziga bigenda mu mujyi buri munsi hamwe ari nako Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda... Read more »

Police y’ igihugu cy ’u Rwanda cyibukije abafite utubari mu Mujyi wa Kigali, Abamansuzi n’abandi bakora akazi kajyanye n’imyidagaduro kubahiriza amabwiriza agenga amasaha mashya yashyizweho yo gufunga utubari. Ni amabwiriza yashyizweho mu... Read more »

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza mu Rwanda, RIB, cyataye muri yombi umunyamakuru Manirakiza Theogene washinze ikinyamakuru Ukwezi akanagira umuyoboro wa YouTube witwa Ukwezi TV. aho akurikiranyweho ruswa Uyu Manirakiza watangije ikinyamakuru gikorera kuri... Read more »

Mu kagari ka Kayonza, Umurenge wa Mukarange, Nsengimana Gapira w’imyaka 22 yafashwe ari kubaga imbwa aho bivugwa ko yotsaga brouchette akazigurisha kuri make. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 Ukwakira 2023,... Read more »

Floyd Mayweather icyamamare mu mukino w’iteramakofe yohereje indege ye muri Israël yuzuyemo ubufasha bw’ibyo kurya, amazi, amakote adatoborwa n’amasasu, n’ibindi bitandukanye byo gufasha abari mu bikorwa by’ubutabazi n’abasirikare bari ku rugamba. Ibi... Read more »

Umuhanzi Kitoko usigaye atuye mu gabane w’uburayi, Wari warabuze mu muziki yaciye amarenga yo kugaruka nyuma yo gusoza ibyamuzitiraga muri izo gahunda zijyanye no gukora ibihangano bye. BIBARWA Patrick wamamaye nka Kitoko... Read more »

Umubiligi Eden Hazard wabaye umwataka mwiza wa Real Madrid, Chelsea yo mu bwongereza n’izindi yahisemo kudasaza yanduranya maze amanika inkweto ye yakinanaga mu kibuga ahagarika umupira w’amaguru ku myaka 32 y’amavuko. Uwahoze... Read more »

Indwara ya Pseudobulbar Affect (PBA), itera umuntu kutabasha kugenzura ibyiyumviro bye, Akarangwa no gaseka cyangwa akarira n’igihe bitari ngombwa, Uyiziho iki benshi ntibayi? Iyi ni indwara ishobora guterwa n’impamvu zitandukanye zirimo gukomereka... Read more »

Umuvugizi w’igisirikare cya IDF, Richard Hecht yavuze ko igisirikare cya Isiraheli cyamaze kubaka ibirindiro bikomeye ku mupaka wayo na Gaza, bitegura ibitero by’ahazaza no kurinda bidasubirwaho ubusugire bw’igihugu cyabo. Ubwo twakoraga iyi... Read more »