Umuhanzikazi  Taylor Swift  yinjije arenga miliyali 1$ mu gihe cy’amezi 9

Umuhanzikazi  Taylor Swift  yaciye agahigo   kurenza  abandi bahanzi mu kwinjiza akayabo ka miliyari mu bitaramo bya Eras Tour  amaze amezi hafi icyenda azenguruka isi yose . Ni amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru Pollstar kizobereye... Read more »

The  Ben Yongeye  gufatirwa n’Ikiniga imbere  y’ikoraniro ry’abantu

Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye mu muziki nka The Ben, yasutse amarira mu rusengero, ananirwa kuvuga ubwo yari kumwe na nyina n’abavandimwe barimo mushiki we na murumuna we. Byari mu masengesho yabaye kuri... Read more »

Meddy na Adrien Misigaro bakoranye indirimbo ya 2 yo kwinjiza abakunzi babo mu bihe bya Noheli

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ngabo Medard Jorbert [Meddy] basohoye ifoto yaherekejwe no kutagira byinshi bavuga kuriyo, ariko irateguza indirimbo y’abo bakoranye igomba gusohoka mu cyumweru kiri imbere. Amakuru dukesha... Read more »

Bruce Melodie yasubiye  muri Amerika mu bitaramo azahuriramo na Shaggy

Bruce Melodie yongeye gusubira muri Amerika aho afite ibitaramo birimo n’icyo azahuriramo n’Abanyarwanda mu gusoza umwaka wa 2023. Uyu muhanzi wari werekeje muri Amerika bwa mbere yitabiriye igitaramo yagombaga gutaramanamo na Shaggy... Read more »

Ibirori byo kwakira murumuna wa Bad Rama byitabiriwe n’ibyamamare bikomeye mu Rwanda

Umushoramari washinze inzu ifasha abahanzi mu bya muzika ya The Mane, Mupende Ramadhan [Bad Rama], yakoze ibirori byo kwakira umuvandimwe we Olivier bari baraburanye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, byitabiriwe n’ibyamamare... Read more »

Urukundo rwa Offset na Cardi B rukomeje kwibazwaho byinshi

Umuryango w’Umuraperi Offset na Cardi B watangiye kuvugwamo urunturuntu, aho uri gukinira ibisa n’imikino y’injangwe n’imbeba ku mbuga nkoranyambaga. Mu ijoro ryo ku Mbere tariki 4 Ukuboza 2023, Cardi B na Offset... Read more »

Zuchu uzaririmba mu gitaramo cyizitabirwa na Kendrik Lamal yageze i Kigali

Umuhanzikazi  Zuchu yamaze guhaguruka muri Tanzania yerekeza i Kigali aho yitabiriye igitaramo azahuriramo n’abarimo umuraperi w’Umunyamerika, Kendrick Lamar. Zuchu yahagurutse iwabo muri Tanzania kuri uyu 4 Ukuboza 2023 mu gihe ategerejwe mu... Read more »

Massamba na Aline Gahongayire biyemeje kumenyekanisha u Rwanda kw’isi hose

Kuri iri cyumweru  tari ki ya  03  Ukuboza  2023  nibwo  Abahanzi  Massamba  Intore na Aline  Gahongayire  basazwe n’ibyishimo   byinshi  nyuma yo kumenyeshwa ko  bagizwe  ba  Brand Ambassadors  ba Gahunda  ya  “Rwanda  My... Read more »

Dj Dizzo  yongeye kuremba  asaba  abanyarwanda   kumusengera

Mutambuka Cedrick wamenyekanye nka Dj Dizzo ni umwe  mu basore bamenyakanye  hano mu Rwanda  ndetse no hanze  yaho mu bijyanye  no  kuvanga  umuziki  yongeye  kuremba  asaba abakunzi be amasengesho. Uyu  musore  mu... Read more »

TMC wamamaye muri Dream Boys ari i Kigali

Mujyanama Claude wamamaye nka TMC, umwe mu bahanzi bari bagize itsinda rya Dream Boys, ari kubarizwa i Kigali nyuma y’imyaka itatu yari amaze atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. TMC yageze... Read more »