Umuryango w’Umuraperi Offset na Cardi B watangiye kuvugwamo urunturuntu, aho uri gukinira ibisa n’imikino y’injangwe n’imbeba ku mbuga nkoranyambaga. Mu ijoro ryo ku Mbere tariki 4 Ukuboza 2023, Cardi B na Offset... Read more »
Umuhanzikazi Zuchu yamaze guhaguruka muri Tanzania yerekeza i Kigali aho yitabiriye igitaramo azahuriramo n’abarimo umuraperi w’Umunyamerika, Kendrick Lamar. Zuchu yahagurutse iwabo muri Tanzania kuri uyu 4 Ukuboza 2023 mu gihe ategerejwe mu... Read more »
Kuri iri cyumweru tari ki ya 03 Ukuboza 2023 nibwo Abahanzi Massamba Intore na Aline Gahongayire basazwe n’ibyishimo byinshi nyuma yo kumenyeshwa ko bagizwe ba Brand Ambassadors ba Gahunda ya “Rwanda My... Read more »
Mutambuka Cedrick wamenyekanye nka Dj Dizzo ni umwe mu basore bamenyakanye hano mu Rwanda ndetse no hanze yaho mu bijyanye no kuvanga umuziki yongeye kuremba asaba abakunzi be amasengesho. Uyu musore mu... Read more »
Mujyanama Claude wamamaye nka TMC, umwe mu bahanzi bari bagize itsinda rya Dream Boys, ari kubarizwa i Kigali nyuma y’imyaka itatu yari amaze atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. TMC yageze... Read more »
Mu minsi ishize hano mu Rwanda ku mbuga nkoranyambaga hano mu Rwanda cyangwa a mu binyamakuru bitandukanye hagiye havugwa inkuru zihangana ry’abahanzi Itahiwacu Bruce Melodie na Mugisha Benjamin ukunzwe nka The Ben ... Read more »
Umuramyi Nomthie Sibisi wo muri Afurika y’Epfo yageze i Kigali aho yitabiriye ubutumire bwa Drups Band mu gitaramo bafite kuri iki Cyumweru tariki 03 Ukuboza 2023. Ku isaha y’i saa tatu z’ijoro,... Read more »
Abahanzikazi Vestine na Dorcas bamaze kwigarurira mitima ya benshi bakunda indirimbo zo kuramya no guhimbaza mu gihe gito bamaze mu muziki bakomeje kziwerwa n’abategura ibitaramo .nyuma yo kudakorera igitaramo mu gihugu cya ... Read more »
Umunyamideli Kantengwa Judith wamenyekanye nka Judith Heard nk’umunyamideli umwe bakomeye muri Uganda ndetse akaba afite inkomoko mu Rwanda avuga ko mu bintu bimubabaza kurusha ibindi ari ukubona abana b’abakobwa barara mu kabari... Read more »
Umuhanzi Eddy Kenzo kuri uyu wa mbere w’iki cyumweru yagiranye yagiranye ibiganiro byihariye na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Eddy Kenzo wari ufite akanyamuneza mu nyandiko ye, yabwiye abamukurikira... Read more »