
Umuhanzikazi Taylor Swift yaciye agahigo kurenza abandi bahanzi mu kwinjiza akayabo ka miliyari mu bitaramo bya Eras Tour amaze amezi hafi icyenda azenguruka isi yose . Ni amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru Pollstar kizobereye... Read more »

Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye mu muziki nka The Ben, yasutse amarira mu rusengero, ananirwa kuvuga ubwo yari kumwe na nyina n’abavandimwe barimo mushiki we na murumuna we. Byari mu masengesho yabaye kuri... Read more »

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ngabo Medard Jorbert [Meddy] basohoye ifoto yaherekejwe no kutagira byinshi bavuga kuriyo, ariko irateguza indirimbo y’abo bakoranye igomba gusohoka mu cyumweru kiri imbere. Amakuru dukesha... Read more »

Bruce Melodie yongeye gusubira muri Amerika aho afite ibitaramo birimo n’icyo azahuriramo n’Abanyarwanda mu gusoza umwaka wa 2023. Uyu muhanzi wari werekeje muri Amerika bwa mbere yitabiriye igitaramo yagombaga gutaramanamo na Shaggy... Read more »

Umushoramari washinze inzu ifasha abahanzi mu bya muzika ya The Mane, Mupende Ramadhan [Bad Rama], yakoze ibirori byo kwakira umuvandimwe we Olivier bari baraburanye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, byitabiriwe n’ibyamamare... Read more »

Umuryango w’Umuraperi Offset na Cardi B watangiye kuvugwamo urunturuntu, aho uri gukinira ibisa n’imikino y’injangwe n’imbeba ku mbuga nkoranyambaga. Mu ijoro ryo ku Mbere tariki 4 Ukuboza 2023, Cardi B na Offset... Read more »

Umuhanzikazi Zuchu yamaze guhaguruka muri Tanzania yerekeza i Kigali aho yitabiriye igitaramo azahuriramo n’abarimo umuraperi w’Umunyamerika, Kendrick Lamar. Zuchu yahagurutse iwabo muri Tanzania kuri uyu 4 Ukuboza 2023 mu gihe ategerejwe mu... Read more »

Kuri iri cyumweru tari ki ya 03 Ukuboza 2023 nibwo Abahanzi Massamba Intore na Aline Gahongayire basazwe n’ibyishimo byinshi nyuma yo kumenyeshwa ko bagizwe ba Brand Ambassadors ba Gahunda ya “Rwanda My... Read more »

Mutambuka Cedrick wamenyekanye nka Dj Dizzo ni umwe mu basore bamenyakanye hano mu Rwanda ndetse no hanze yaho mu bijyanye no kuvanga umuziki yongeye kuremba asaba abakunzi be amasengesho. Uyu musore mu... Read more »

Mujyanama Claude wamamaye nka TMC, umwe mu bahanzi bari bagize itsinda rya Dream Boys, ari kubarizwa i Kigali nyuma y’imyaka itatu yari amaze atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. TMC yageze... Read more »