DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya bashyira hanze indirimbo ya mbere

Inzu  isanzwe ikora ibikorwa  bijyanye n’imyidagaduro ya DopeDee Entertainment y’Umunyamakuru akaba n’umudj  Diddyman nyuma y’igihe  akora ibyo bikorwa yasinyishije umuhanzi kazi  Annie  Mutoniwase . Annie Mutoniwase  ni umunyarwandakazi  uririmba indirimbo zo kuramya... Read more »

FARDC yamennye intwaro n’abasirikare benshi i Goma kugira ngo ibuze M23 kuhafata

Igisirikare cya Leta ya RDC aricyo FARDC gifatanyije na FDLR,Abacancuro,Ingabo z’u Burundi na Wazalendo,biravgwa ko basutse intwaro zikomeye i Goma kugira ngo bayirinde gufatwa na M23. Amakuru yagiye hanze kuri uyu wa... Read more »

Niyo Bosco Yasinye muri Kikac Music isanzwe ifasha Bwiza.

Nyuma y’igihe asa n’utagaragara cyane mu muziki, Niyo Bosco, yinjiye muri KIKAC Music isanzwe ibarizwamo Bwiza. Amakuru Kigalihit ifite ni uko Niyo Bosco na KIKAC Music bamaze kwemeranya imikoranire ndetse akaba yamaze... Read more »

Yverry na Knowless basohoye indirimbo bakoranye -Video

Umuhanzi Rugamba Yverry [Yverry] yashyize ahagaragara amashusho y’indirimbo ye nshya “Njyenyine” yakoranye na Butera Knowless. Ibaye indirimbo ya mbere aba bombi bakoranye nyuma y’igihe buri umwe ari mu muziki. Yverry yaherukaga gusohora... Read more »

Shalom Choir  izifatanya na Israel Mbonyi mu gitaramo aho kwinjira ari ubuntu.

Ubuyobozi bwa Shalom Choir yo mu Itorero ADEPR bwatangaje ko kwinjira byagizwe ubuntu mu gitaramo kigamije kwigisha abantu ko nta muntu uruhura uretse Yesu Kristo. Perezida wa Shalom Choir Ngendahimana Gaspard irimo... Read more »

Tanzaniya: Abarundi bahahungiye binyuranye n’itegeko bakatiwe gufungwa umwaka n’ihazabu

Urukiko rwa Kisutu mu gihugu cya Tanzania rwakatiye Abarundi 59 igihano cyo kwishyura ihazabu y’Amashilingi 500,000 cyangwa bakamara umwaka muri gereza nyuma yo kubahamya icyaha cyo kwinjira no gutura mu gihugu binyuranyije... Read more »

Rick Ross yaguze umuturirwa muri Miami awutangaho miliyoni 35 z’amadolari (Amafoto)

Umuraperi w’icyamamare ku isi, Rick Ross. yaguze inzu y’umuturirwa mu mujyi wa miami,awutangaho akayabo ka miliyoni 35$ Rwiyemezamirimo William Leonard Roberts II wamamanye nka Rick Ross, umuraperi kabuhariwe waninjiye mu gukina filime... Read more »

Abafana bahawe amahirwe yo kuzasabana n’abarimo Davido na Tiwa Savage

Abazitabira ibirori byo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’ bahawe amahirwe yo kuzatsindira itike yo gusabana n’abahanzi bazatarama muri ibi birori biteganyijwe kubera muri BK Arena ku wa 19 Kanama 2023. Nkuko... Read more »