Jurriën David Norman Timber wa Arsenal ari mu Rwanda

Myugariro w’Umuholandi, Jurriën David Norman Timber ukinira Arsenal yo mu Bwongereza, yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Ukuboza binyuze mu bufatanye bwa Visit Rwanda n’iyi kipe yo muri... Read more »

Imodoka  ya  Lewis Hamlton yakoresheje muri  2013 yagurishijwe miliyari 18 z’amanyarwanda

Imodoka ya Mercedes Benz yakinishijwe n’Umwongereza Lewis Hamilton mu masiganwa y’imodoka nto ya Formula 1 yakoze amateka yo kugurishwa miliyoni 18.8 $. Lewis Hamilton ni umwe mu bakinnyi ba Formula 1 bamaze... Read more »

Rwatubyaye Abdul asanga Rayon Sports ifite amahirwe menshi yo gutwara igikombe cya Shampiyona.

Rwatubyaye Abdul umwe muri ba myugariro bakomeye ba Rayon Sports, akaba na kapiteni w’iyi kipe yatangaje ko akurikije ahantu iyi kipe ihagaze, akurikije n’uburyo amakipe ayiri imbere ahagaze, ahamya ko Rayon Sports... Read more »

Imana ihora ihoze, KNC yiyemeje gufasha umwana w’Umunyarwanda wimwe amahirwe yo kujya mu cademy ya Buyern Munich

Perezida wa Gasogi KNC Imfurayiwacu yakiriye Iranzi Cedric, watsindiye kwinjira muri Academy ya Bayern Munich akirengagizwa, amuha ibikoresho by’ibanze by’imyitozo. Uyu mwana yakiriwe mu ikipe n’Umutoza Mukuru wa Gasogi w’Abanyezamu Jean Claude... Read more »

Imikino: Musanze FC yatsinze Rayon Sports 1-0 yisubiza umwanya wa 1.

Ikipe yo mu majyaruguru y’U Rwanda Musanze Fc yatsinze Rayon Sports ya Kigali igitego 1-0 maze itwara umwanya wa mbere muri shampiyona muri Primus Rwanda National League kuri Stade Ubworoherane. Wari umukino... Read more »

Rayon Sports igaruye Muhire Kevin.

Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha umukinnyi mushya uzanaba Kapiteni wayo mushya, mu mwaka w’imikino 2023/24 wa shampiyona yu Rwanda. Umukinnyi Rayon Sports yasinyishije ni Muhire Kevin wahoze ari umwana w’Iyi kipe,... Read more »

Igitekerezo cya Musa Esenu cyo kongera amasezerano na Rayon Sports.

Rutahizamu wa Rayon Sports, Musa Esenu yavuze ku byiyumviro bye muri Rayon Sports ndetse no kubyo kongera amasezerano, niba yakongerwa cyangwa se akayarangiza agakomereza ahandi. Uyu mukinnyi ukomoka muri Uganda agomba gusoza... Read more »

Eden Hazard yasezeye burundu kuri Ruhago ku myaka 32.

Umubiligi Eden Hazard wabaye umwataka mwiza wa Real Madrid, Chelsea yo mu bwongereza n’izindi yahisemo kudasaza yanduranya maze amanika inkweto ye yakinanaga mu kibuga ahagarika umupira w’amaguru ku myaka 32 y’amavuko. Uwahoze... Read more »

Saudi Arabia yasabye kuzakira igikombe cy’Isi cya 2034.

Igihugu cya Arabiya Sawudite cyashyikirije ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku isi FIFA, Ibaruwa yemewe isaba kwakira igikombe cy’Isi cya 2034 giherutse kubera muri Qatar. Iki gihugu cy’Ibwami cyatangaje bwa mbere ikifuzo cyo kwakira... Read more »

Marines FC inganyije na Rayon Sports ibitego 2-2

Mu mukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Kane wa Shampiyona wabereye kuri Stade Umuganda. Muri uyu mukino abafana ba Rayon Sports bari biteze ko ikipe yabo ibahoza amarira yabateye isezererwa mu mikino ya CAF... Read more »