Massamba na Aline Gahongayire biyemeje kumenyekanisha u Rwanda kw’isi hose

Kuri iri cyumweru  tari ki ya  03  Ukuboza  2023  nibwo  Abahanzi  Massamba  Intore na Aline  Gahongayire  basazwe n’ibyishimo   byinshi  nyuma yo kumenyeshwa ko  bagizwe  ba  Brand Ambassadors  ba Gahunda  ya  “Rwanda  My... Read more »

Dj Dizzo  yongeye kuremba  asaba  abanyarwanda   kumusengera

Mutambuka Cedrick wamenyekanye nka Dj Dizzo ni umwe  mu basore bamenyakanye  hano mu Rwanda  ndetse no hanze  yaho mu bijyanye  no  kuvanga  umuziki  yongeye  kuremba  asaba abakunzi be amasengesho. Uyu  musore  mu... Read more »

TMC wamamaye muri Dream Boys ari i Kigali

Mujyanama Claude wamamaye nka TMC, umwe mu bahanzi bari bagize itsinda rya Dream Boys, ari kubarizwa i Kigali nyuma y’imyaka itatu yari amaze atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. TMC yageze... Read more »

Umunyamakuru wa Umurava.com Christian Mugwaneza yasabye aranakwa umukunzi we Taussi {Amafoto}

Mu birori byasaga neza cyane, MUGWANEZA Christian umunyamakuru, Umuhanzi akanaba umuyobozi wo gutunganya amashusho {Video Director and Editor wamenyekanye cyane ku izina rya Mu Chris yakoze ubukwe bw’agatangaza kuri uyu wa gatandatu... Read more »

“Flash Light Bar & Resto” ifatanje na “Belo Gang Music” bateguye ikindi gitaramo cya Hip Hop gikomeye.

Nyuma yuko bateguye ibitaramo bitandukanye byagaragayemo abaraperi bakomeye mu Rwanda ndetse bagasanga ko iyo njyana igikunzwe cyane mu bantu, Flash Light Bar & Resto ku bufatanye na “Belo Gang Entertainment” bakomeje izi... Read more »

The Ben Yakiriwe n’imbaga, Abari biteze umukunzi we Pamella ku kibuga bamubuze.

Icyamamare Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben nawe yasesekaye mu Rwanda akubutse mu gihugu cya Canada aho amaze gukorera igitaramo kimwe na mugenzi we Kenny Sol nawe waraye ageze mu Rwanda mu... Read more »

Bwa mbere yemeje ibyerekeye Umukunzi we, avuga ku ntambara ivugwa hagati ya The Ben na Bruce Melodie.

Umuhanzi Kenny Sol uri mu bahanzi bahiriwe cyane n’umuziki neza ndetse uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’uburasirazuba yagarutse i Kigali akubutse muri Canada muri gahunda y’Ibitaramo... Read more »

Alaphat entertainment yateguye irushanwa ry’abaririmba Karaoke

Nyuma  y’uko  uruganda  rwo  mu Rwanda  mu myidagaduro rukomeje gutera imbere  amarushanwa y’abahanzi akomeje  kuba menshi kuri  iyi nshuro mu Rwanda hagiye  kuba irushanwa rihuriza  hamwe  abaririmba karaoke . Iri  rushanwa ryiswe ... Read more »

Inyubako zo  muri  Gare  ya   Musanze  zibasiwe  n’inkongi  y’Umuriro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki  ya 20 Ugushyingo  2023  ahagana I saa  tatu n’igice  nibwo imwe  mu nyubako yo mu kigo abagenzi bategeramo imodoka cyo  mu mujyi wa Musanze ... Read more »

Rosalynn Carter umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa USA yitabye Imana

Rosalynn Carter, umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa 39 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yitabye Imana ku myaka 96. Amakuru y’urupfu rwa Rosalynn Carter yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu... Read more »