Nyuma y’uko uruganda rwo mu Rwanda mu myidagaduro rukomeje gutera imbere amarushanwa y’abahanzi akomeje kuba menshi kuri iyi nshuro mu Rwanda hagiye kuba irushanwa rihuriza hamwe abaririmba karaoke . Iri rushanwa ryiswe ... Read more »
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Ugushyingo 2023 ahagana I saa tatu n’igice nibwo imwe mu nyubako yo mu kigo abagenzi bategeramo imodoka cyo mu mujyi wa Musanze ... Read more »
Rosalynn Carter, umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa 39 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yitabye Imana ku myaka 96. Amakuru y’urupfu rwa Rosalynn Carter yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu... Read more »
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane muri camp Kigali ahasanzwe habera ibitaramo bya Gen-Z comedy itegurwa n’umunyarwenya Fally Merci Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown urukundo rwo mu rwego rwo hejuru bamurundaho... Read more »
Imbuga nkoranyambaga zagiye zorohereza abantu batandukanye kumenyekanisha ibikorwa byabo, ugereranije n’imyaka yatambutse aho byari bigoye ko abantu bamenya buri kimwe muburyo bworoshye, nk’amakuru, imiziki, filime, n’ibicuruzwa ku masoko, ibi byose rerro ni... Read more »
Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »
Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »
Ndayishimiye Bertrand wamamaye nka Bull Dogg nk’umuraperi muri Tuff Gangs yongeye kubyutsa urukundo ruri mu bakunzi b’iyi njyana ya Hip Hop, Nyuma yo kurengwa n’urukundo bamweretse mu gitaramo yakoreye ahitwa Flash Light... Read more »
Nyuma y’akababaro kenshi ndetse no kutabyumva kimwe byaranze abakunzi ba Titi Brown ndetse n’abakurikiranira imyidagaduro mu Rwanda, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagizwe umwere umubyinnyi Titi Brown nyuma y’imyaka 2 afunzwe ndetse runategeka... Read more »
Nyuma yo kwibasirwa cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga ndetse bavanzemo n’abakunzi b’aba bombi, The Ben na Pamela umukunzi we bahisemo kugabanya ibiciro ku bagomba kwitabira ibirori by’ubukwe bwabo. Benshi batangiye kwibasira uyu muhanzi... Read more »