
Kuri iri cyumweru tari ki ya 03 Ukuboza 2023 nibwo Abahanzi Massamba Intore na Aline Gahongayire basazwe n’ibyishimo byinshi nyuma yo kumenyeshwa ko bagizwe ba Brand Ambassadors ba Gahunda ya “Rwanda My... Read more »

Mutambuka Cedrick wamenyekanye nka Dj Dizzo ni umwe mu basore bamenyakanye hano mu Rwanda ndetse no hanze yaho mu bijyanye no kuvanga umuziki yongeye kuremba asaba abakunzi be amasengesho. Uyu musore mu... Read more »

Mujyanama Claude wamamaye nka TMC, umwe mu bahanzi bari bagize itsinda rya Dream Boys, ari kubarizwa i Kigali nyuma y’imyaka itatu yari amaze atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. TMC yageze... Read more »

Mu birori byasaga neza cyane, MUGWANEZA Christian umunyamakuru, Umuhanzi akanaba umuyobozi wo gutunganya amashusho {Video Director and Editor wamenyekanye cyane ku izina rya Mu Chris yakoze ubukwe bw’agatangaza kuri uyu wa gatandatu... Read more »

Nyuma yuko bateguye ibitaramo bitandukanye byagaragayemo abaraperi bakomeye mu Rwanda ndetse bagasanga ko iyo njyana igikunzwe cyane mu bantu, Flash Light Bar & Resto ku bufatanye na “Belo Gang Entertainment” bakomeje izi... Read more »

Icyamamare Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben nawe yasesekaye mu Rwanda akubutse mu gihugu cya Canada aho amaze gukorera igitaramo kimwe na mugenzi we Kenny Sol nawe waraye ageze mu Rwanda mu... Read more »

Umuhanzi Kenny Sol uri mu bahanzi bahiriwe cyane n’umuziki neza ndetse uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’uburasirazuba yagarutse i Kigali akubutse muri Canada muri gahunda y’Ibitaramo... Read more »

Nyuma y’uko uruganda rwo mu Rwanda mu myidagaduro rukomeje gutera imbere amarushanwa y’abahanzi akomeje kuba menshi kuri iyi nshuro mu Rwanda hagiye kuba irushanwa rihuriza hamwe abaririmba karaoke . Iri rushanwa ryiswe ... Read more »

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Ugushyingo 2023 ahagana I saa tatu n’igice nibwo imwe mu nyubako yo mu kigo abagenzi bategeramo imodoka cyo mu mujyi wa Musanze ... Read more »

Rosalynn Carter, umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa 39 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yitabye Imana ku myaka 96. Amakuru y’urupfu rwa Rosalynn Carter yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu... Read more »