Alaphat entertainment yateguye irushanwa ry’abaririmba Karaoke

Nyuma  y’uko  uruganda  rwo  mu Rwanda  mu myidagaduro rukomeje gutera imbere  amarushanwa y’abahanzi akomeje  kuba menshi kuri  iyi nshuro mu Rwanda hagiye  kuba irushanwa rihuriza  hamwe  abaririmba karaoke . Iri  rushanwa ryiswe ... Read more »

Inyubako zo  muri  Gare  ya   Musanze  zibasiwe  n’inkongi  y’Umuriro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki  ya 20 Ugushyingo  2023  ahagana I saa  tatu n’igice  nibwo imwe  mu nyubako yo mu kigo abagenzi bategeramo imodoka cyo  mu mujyi wa Musanze ... Read more »

Rosalynn Carter umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa USA yitabye Imana

Rosalynn Carter, umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa 39 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yitabye Imana ku myaka 96. Amakuru y’urupfu rwa Rosalynn Carter yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu... Read more »

Gen-z Comedy: Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown, urukundo rwo ku rwego rwo hejuru.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane muri camp Kigali ahasanzwe habera ibitaramo bya Gen-Z comedy itegurwa n’umunyarwenya Fally Merci Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown urukundo rwo mu rwego rwo hejuru bamurundaho... Read more »

Ibyamamare 5 bikurikirwa n’abantu benshi kuri Instagram kw’Isi hose.

Imbuga nkoranyambaga zagiye zorohereza abantu batandukanye kumenyekanisha ibikorwa byabo, ugereranije n’imyaka yatambutse aho byari bigoye ko abantu bamenya buri kimwe muburyo bworoshye, nk’amakuru, imiziki, filime, n’ibicuruzwa ku masoko, ibi byose rerro ni... Read more »

Dore urutonde rw’indirimbo 5 zimaze kurebwa cyane kw’Isi yose kuva 2010 kugeza 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »

Dore indirimbo 5 z’abahanzi ny’Afrika zarebwe cyane ku rubuga rwa youtube kuva 2015 kugeza ubu muri 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »

Kicukiro: Umuraperi Bull Dogg, Yongeye gukora amateka ahitwa Flash Light Bar.{Amafoto}

Ndayishimiye Bertrand wamamaye nka Bull Dogg nk’umuraperi muri Tuff Gangs yongeye kubyutsa urukundo ruri mu bakunzi b’iyi njyana ya Hip Hop, Nyuma yo kurengwa n’urukundo bamweretse mu gitaramo yakoreye ahitwa Flash Light... Read more »

Titi Brown wasengewe na benshi yagizwe umwere, Nyuma y’imyaka isaga 2 afunzwe.

Nyuma y’akababaro kenshi ndetse no kutabyumva kimwe byaranze abakunzi ba Titi Brown ndetse n’abakurikiranira imyidagaduro mu Rwanda, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagizwe umwere umubyinnyi Titi Brown nyuma y’imyaka 2 afunzwe ndetse runategeka... Read more »

Nyuma yo kwibasirwa bikomeye, The Ben na Pamela bagabanyije ibiciro ku bazakurikira ubukwe bwabo.

Nyuma yo kwibasirwa cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga ndetse bavanzemo n’abakunzi b’aba bombi, The Ben na Pamela umukunzi we bahisemo kugabanya ibiciro ku bagomba kwitabira ibirori by’ubukwe bwabo. Benshi batangiye kwibasira uyu muhanzi... Read more »